39.8 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsAbaturage

Tag: Abaturage

spot_img

RDC: Gen. Ekenge yasabiwe igihano gikomeye cyane nyuma y’amasaha macye ahagaritswe ku mirimo ye.

Ihagarikwa rya General Sylvain Ekenge ku mirimo ye nk’Umuvugizi w’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ryashimishije bamwe ariko rinatuma abandi bifuza ko...

Amarondo y’Ijoro Ku Mupaka w’u Rwanda n’u Burundi Yongereye Impungenge, Abaturage Binubira Ivangura n’Igitutu

Mu majyaruguru y’u Burundi, by’umwihariko muri Komini ya Kirundo mu Ntara ya Butanyerera ihana imbibi n’u Rwanda, hashyizweho amarondo y’ijoro afatwa nk’itegeko ku baturage,...

“Iyi ntambara turi hafi kuyitsinda” – Gen. Makenga asaba abayoboke ba AFC/M23 kudacika intege no gukomeza kwitanga.

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’ihuriro AFC/M23, Gen. Sultani Makenga, yatangaje ko intambara barimo kurwana n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igeze mu cyiciro gikomeye,...

Amagambo ya Gen. Sylvain Ekenge yibasira Abatutsi akomeje guteza impaka, nyuma yuko yatangiye kugira ingaruka zikomeye.

Mu cyumweru gishize, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje kugerwaho n’impaka zikomeye zishingiye ku magambo yavuzwe n’Umuvugizi w’Ingabo za FARDC, Gen. Maj. Sylvain Ekenge...

Intambara yahinduye isura: Ingabo za Ukraine zagabye igitero simusiga ku rugo rwa Perezida Putin nyuma yuko u Burusiya Moscow bwigaruriye uduce 32

Intambara imaze imyaka hafi itatu ihanganishije u Burusiya na Ukraine yongeye gufata indi ntera, nyuma y’uko Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, atangaje...

Perezida Kagame yifurije umwaka mushya Ingabo za RDF anihanganisha abasirikare bari kure y’imiryango yabo

Mu butumwa bwo gusoza umwaka ku Ngabo za Repubulika y’u Rwanda n’izindi nzego z’umutekano, Perezida wa Repubulika ndetse n’Umugaba Mukuru w’Ingabo, Paul Kagame, yashimiye...

Umutekano wabaye ishingiro ry’iterambere_ Perezida Kagame ashimira Ingabo z’u Rwanda ku ruhare rukomeye zagize mu 2025

  Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo, Paul Kagame, yashimiye byimazeyo Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’inzego z’umutekano ku muhate, ubwitange n’ubunyamwuga byaranze...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img