39.8 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsAFC/M23

Tag: AFC/M23

spot_img

“Iyi ntambara turi hafi kuyitsinda” – Gen. Makenga asaba abayoboke ba AFC/M23 kudacika intege no gukomeza kwitanga.

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’ihuriro AFC/M23, Gen. Sultani Makenga, yatangaje ko intambara barimo kurwana n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igeze mu cyiciro gikomeye,...

Intambara yo muri RDC yahyize igisirikare cy’u Burundi mu mazi abira, Leta ihita ifungira inzira abasirikare batoroka.

Guverinoma y’u Burundi yafashe ingamba zikakaye zo kugenzura no kugabanya umubare w’abasirikare b’igihugu batoroka igisirikare bagahungira mu mahanga, mu gihe intambara ikomeje mu burasirazuba...

Uvira: Imirwano ikaze cyane hagati ya AFC/M23 na FARDC ifatanyije na Wazalendo yakomeje gufata indi ntera.

Imirwano ikomeye hagati y’abarwanyi ba AFC/M23 n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zifatanyije n’imitwe ya Wazalendo yakomeje gufata indi ntera mu bice...

Perezida Tshisekedi yarusimbutse: Uko umugambi wo kumuhirika ku butegetsi “wacuzwe n’abamurinda na AFC/M23” wavumbuwe utarageramugeraho

Umujyi wa Kinshasa ukomeje kugaragaramo umwuka ukomeye w’umutekano muke n’impungenge mu nzego za gisirikare, nyuma y’amakuru yemeza itabwa muri yombi rya Colonel Serge Makoko...

FARDC mu rugamba rwo kwisubiza Uvira: Imirwano ikaze, drones n’indege z’intambara byongeye kuvuza ubuhuha

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyinjiye mu cyiciro gishya cy’intambara gikomeje kurangwa n’imirwano ikaze mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho cyatangaje...

Walikale ikomeje kuba indiri y’Iterabwoba: Abaturage baratabaza AFC/M23 nyuma y’ibitero bikomeje bya FARDC, FDLR na Wazalendo

Teritwari ya Walikale, imwe mu zigize Intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ikomeje kugaragara nk’agace karimo umutekano muke...

Uvira: AFC/M23 yihimuye kuri FARDC yaherukaga kurasa ubwato bayo bw’intambara ikanica abasirikare bayo.

Umutekano wakomeje kuzamba mu mujyi wa Uvira no mu bice biyikikije mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’uko ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img