40.5 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsAFC/M23

Tag: AFC/M23

spot_img

RDC: FARDC yarasanye n’undi mutwe utari AFC/M23 mu mirwano ikaze cyane yaguyemo benshi hanakomereka benshi, abaturage bahungira ku ngabo za Uganda.

Intara ya Ituri yongeye kuba isibaniro ry’imirwano ikaze hagati y’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abarwanyi b’umutwe wa Convention pour la Révolution...

Gen. Makenga wa AFC/M23 wujuje imyaka 52 yahaye FARDC “Noheli” mbere yo kwizihiza isabukuru y’amavuko

Mu gihe Abakirisitu benshi bari binjiye mu byishimo bya Noheli, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), intambara yongeye gufata indi ntera....

Perezida Ndayishimiye yatangiye kubona inyungu zikomeye cyane nyuma y’ifatwa rya Uvira n’ihuriro AFC/M23.

Nyuma y’ifatwa ry’umujyi wa Uvira n’ihuriro AFC/M23, ibikorwa by’u Burundi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byafashe indi ntera, aho nubwo ingabo...

Asize Igihombo gikomeye: Lt. Col Patrice Manirakiza wari wakomerekeye ku rugamba ahanganye na AFC/M23 yapfuye

Lieutenant-Colonel Patrice Manirakiza, wari uyoboye Batayo ya 18 y’ingabo z’u Burundi zari zaroherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yapfuye kuri...

FARDC n’abambari bayo bakubiswe iz’akabwana na AFC/M23/MRDP-Twirwaneho bayabangira ingata. Inyungu Amerika ibifitemo zamenyekanye.

Imirwano ikaze ihanganishije ihuriro rya AFC/M23/MRDP-Twirwaneho n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 24 Ukuboza...

RDC: Imirwano idasanzwe hagati ya AFC/M23 na FARDC n’abambari ba yo yajemo indege 3 z’intambara zirimo Ingabo z’Abanyaburayi bafite intwaro ziremereye. 

Mu gihe umutekano w’intara ya Kivu y’Amajyepfo ukomeje kuba ikibazo gikomeye, amakuru mashya aturuka muri teritwari ya Fizi aravuga ko mu gace ka Kwa...

“Umunsi nzaba ndi ku rugamba nta muntu uzemererwa guhunga”: Amagambo ya Gen. Eddy Kapend yatumye benshi bacika ururondogoro 

Mu minsi ishize, amagambo y’umuyobozi w’Akarere ka 22 ka Gisirikare k’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), Général Eddy Kapend, yateje impaka zikomeye...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img