24.4 C
Africa
Maandag, Desember 15, 2025
HomeTagsAmahoro mu karere

Tag: Amahoro mu karere

spot_img

Imbere y’Inama y’Umutekano ya Loni, MSF yamaganye ihohoterwa rishingiye ku gitsina rifatwa nk’ibisanzwe mu Burasirazuba bwa RDC

Imbere y’Inama y’Umutekano y’Umuryango w’Abibumbye (Loni), ku wa Gatanu tariki ya 12 Ukuboza 2025, Umuryango wita ku buvuzi bwihutirwa, Médecins Sans Frontières (MSF), wagaragaje...

Ukuri ku cyihishe inyuma y’uruzinduko rudasanzwe rwa Perezida Tshisekedi i Luanda

Ku Cyumweru tariki ya 14 Ukuboza 2025, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yagiriye uruzinduko rw’akazi i Luanda muri...

Amakuru mashya: U Burundi butangije Intambara yeruye hagati yabwo n’u Rwanda Nyuma y’Imirwano yo muri Kivu y’Amajyepfo

Nyuma y’imirwano ikomeye yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), u Burundi bwatangaje ko bushobora kwinjira mu ntambara yeruye n’u Rwanda, nyuma yo gutsindwa uruhenu no kwijundika ku bikorwa byo kurasa ku butaka bwabwo bivugwa ko biterwa n’u Rwanda.  Ubutegetsi bw’u Burundi, biciye ku ntumwa yabwo mu muryango w’Abibumbye i New York, bwatangaje ko bwiteguye gukoresha ingufu zose mu kurinda ubusugire bw’igihugu mu gihe ibyo bikorwa byambukiranya imbibi byakomeza.   Ambasaderi Zéphyrin Maniratanga yashimangiye ko uburenganzira bw’igihugu cye bubangamiwe n’ibitero by’intwaro ziremereye n’indege zidafite abapilote (drones), byakoreshejwe mu kurasa no gutera ubwoba abaturage.  U Burundi bwashinjije u Rwanda kutubahiriza umwanzuro wa Loni wa 2773 usaba gukura ingabo zarwo mu burasirazuba bwa RDC no...

Amerika yemereye u Rwanda Miliyoni 228$ zo guteza imbere Ubuzima nyuma y’Amasezerano ya Washington

Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Rwanda byasinye amasezerano y’imyaka itanu yo gufatanya mu rwego rw’ubuzima, afite agaciro ka miliyoni 228 z’amadolari y’Amerika. Aya...

FDLR ikiriho, amahoro mu karere ni inzozi_ Ubutumwa bw’Umudepite wa RDC

  Depite Léonard She Okitundu, usanzwe ari Visi Perezida wa Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga muri Sena ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yatangaje ko nta...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img