Umwaka wa 2025 uzibukwa nk’uwahinduye byinshi ku ntambara imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni umwaka waranzwe n’ihindagurika rikomeye...
Ikibazo cy’itandukana rya Somalia n’Intara ya Somaliland cyongeye kuzamura impaka zikomeye ku rwego mpuzamahanga, nyuma y’aho Leta ya Israel itangaje ko yemeye Somaliland nk’igihugu...
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatanze igisubizo gikakaye ku magambo aherutse gutangazwa na Kiliziya Gatolika, aho yagaragaje impungenge ku masezerano ajyanye...
Teritwari ya Walikale, imwe mu zigize Intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ikomeje kugaragara nk’agace karimo umutekano muke...