39.8 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsAmasezerano

Tag: Amasezerano

spot_img

2025: Umwaka wahinduye isura y’intambara mu Burasirazuba bwa RDC, AFC/M23 igira ijambo ku butaka buruta ubw’u Rwanda

Umwaka wa 2025 uzibukwa nk’uwahinduye byinshi ku ntambara imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni umwaka waranzwe n’ihindagurika rikomeye...

Intambara yahinduye isura: Ingabo za Ukraine zagabye igitero simusiga ku rugo rwa Perezida Putin nyuma yuko u Burusiya Moscow bwigaruriye uduce 32

Intambara imaze imyaka hafi itatu ihanganishije u Burusiya na Ukraine yongeye gufata indi ntera, nyuma y’uko Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, atangaje...

Uganda: Umuturage yatunguye Perezida Museveni amusaba kumugurira inkweto

Igikorwa cyabereye muri Uganda cyatangaje benshi nyuma y’uko umuturage witwa Imam Seruwo asabye Perezida Yoweri Kaguta Museveni kumugurira inkweto, avuga ko izo yari yambaye...

U Rwanda n’u Burundi byafashe uruhande mu kibazo cya Somalia na Israel cyazamuye impaka zikomeye ku rwego mpuzamahanga

Ikibazo cy’itandukana rya Somalia n’Intara ya Somaliland cyongeye kuzamura impaka zikomeye ku rwego mpuzamahanga, nyuma y’aho Leta ya Israel itangaje ko yemeye Somaliland nk’igihugu...

FARDC mu rugamba rwo kwisubiza Uvira: Imirwano ikaze, drones n’indege z’intambara byongeye kuvuza ubuhuha

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyinjiye mu cyiciro gishya cy’intambara gikomeje kurangwa n’imirwano ikaze mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho cyatangaje...

RDC: Igisubizo cyazamuye urujijo mu baturage Leta yahaye Kiliziya Gatolika itumva ukuntu Perezida Tshisekedi yagwatirije ibirombe byose imyaka 99

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatanze igisubizo gikakaye ku magambo aherutse gutangazwa na Kiliziya Gatolika, aho yagaragaje impungenge ku masezerano ajyanye...

Walikale ikomeje kuba indiri y’Iterabwoba: Abaturage baratabaza AFC/M23 nyuma y’ibitero bikomeje bya FARDC, FDLR na Wazalendo

Teritwari ya Walikale, imwe mu zigize Intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ikomeje kugaragara nk’agace karimo umutekano muke...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img