25.2 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsAmerika

Tag: Amerika

spot_img

Amakuru Mashya: Amerika Ifashe Perezida wa Venezuela Nicolas Maduro n’Umugore We mu Bitero Byihariye

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, Perezida Donald Trump yatangaje ko Amerika yafashe Perezida wa Venezuela, Nicolas Maduro, n’umugore we Cilia Flores. Trump...

Ingabo za FARDC zerekanye mw’itangazamakuru abarwanyi b’abanyamahanga bafatiwe ku rugamba. Amafoto

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zerekanye mu itangazamakuru abarwanyi b’abanyamahanga bivugwa ko bafatiwe ku rugamba mu bitero biherutse mu burasirazuba bwa...

RDC yahawe umwanya muri Loni uyihesha ububasha bwo kwitambika u Rwanda mu kohereza ingabo zo kubungabunga amahoro, no kurufatira ibihano bikakaye?

Ku wa Kane tariki ya 1 Mutarama 2025, ku cyicaro gikuru cy’Umuryango w’Abibumbye (Loni) i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, habereye...

Kera Kabaye Amerika Nayo Yateye Intambwe mu Kibazo cya Somalia na Israel: Uruhuri rw’Ibibazo Bishya mu Ihembe ry’Afurika n’Inyanja Itukura

Mu minsi ishize, Repubulika ya Somaliland yongeye kwinjira mu ruhando rw’ibiganiro bikomeye ku rwego mpuzamahanga, nyuma y’ibikorwa bikurikiranye byafashwe nk’impinduka zikomeye mu mateka yayo...

AFC/M23 Yashinje Kinshasa Gusenya Amasezerano ya Doha, Itangaza ko RDC Igiye Kwinjira mu Icyiciro Gishya Cy’Akaga

Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko icyizere cy’amahoro cyari cyatangiye kuboneka mu biganiro bya politiki byabereye i Doha muri Qatar cyasenywe n’imyitwarire ya...

AFC/M23 Ishinja Kinshasa Guhindura Amasezerano ya Doha Intwaro yo Kwiyubaka no Gukomeza Intambara

Mu gihe icyizere cy’amahoro cyari cyatangiye kugaragara mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko Leta...

Ihuriro rya AFC/M23 ryahishuye Impamvu ryafashe Uvira icyatumye riyivamo, ingabo rishaka ko ziyigenzura n’aho abarwanyi baryo bari

Mu gihe amahanga n’abahuza b’amahoro bari bahanze amaso i Washington, aho hari hateganyijwe gusinyirwa amasezerano y’amahoro n’ubufatanye bw’akarere agamije iterambere ry’ubukungu, mu burasirazuba bwa...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img