Umukozi muri Sena ya Leta zunze Ubumwe za Amerika, yirukanwe mu kazi nyuma y’amashusho yamugaragaje asambana n’umugabo mugenzi we mu cyumba cya sena.
Ni amashusho...
Intero ntayindi ni «Amatoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo» Abaturage babukereye kuwa gatatu tariki ya 20 Ukuboza 2023 kuko nibwo amatora rusange azatangira;...
Biravugwa ko M23 n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byemeye guhagarika imirwano mu bice byo mu burasirazuba bw'iki gihugu mu gihe cy’ibindi byumweru...
Major Willy Ngoma, Umuvugizi wa gisirikare w’umutwe wa M23, yavuze ku bihano aheruka gufatirwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ashimangira ko aniteguye gupfa...
Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 burashinja ingabo za Leta ya Congo FARDC kutubahiriza agahenge k’amasaha 72, katanzwe ku busabe bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA).
USA...
Nyuma y’agahenge kumvikanyweho n’umutwe wa M23 n’Ingabo za Repububulika ya Demokarasi ya Congo, umututu w’imbunda za M23 ushobora kwerekeza mu mujyi wa Goma mu...