Polisi ya Tanzania yatangaje ko yafashe ingamba zikomeye zo gukumira imyigaragambyo iteganyijwe ku wa 9 Ukuboza, ivuga ko ishobora guteza umutekano muke mu gihugu.
Umuvugizi...
Perezida Paul Kagame uri i Washington D.C. yakiriye ku meza itsinda ry’Abasenateri n’Abadepite bagize Kongere ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bagirana ibiganiro bigamije...
Perezida Felix Tsisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ubwo yasozaga ibikorwa byo kwiyamamaza yatangaje ko nta yandi mahitamo asigaranye yo kuzahura umubano n’u...
Umukozi muri Sena ya Leta zunze Ubumwe za Amerika, yirukanwe mu kazi nyuma y’amashusho yamugaragaje asambana n’umugabo mugenzi we mu cyumba cya sena.
Ni amashusho...
Intero ntayindi ni «Amatoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo» Abaturage babukereye kuwa gatatu tariki ya 20 Ukuboza 2023 kuko nibwo amatora rusange azatangira;...
Biravugwa ko M23 n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byemeye guhagarika imirwano mu bice byo mu burasirazuba bw'iki gihugu mu gihe cy’ibindi byumweru...