Intara ya Kivu y’Amajyepfo ikomeje kuba isibaniro rikomeye ry’intambara hagati y’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ingabo za Leta (FARDC)...
Mu gihe umutekano wo mu Karere k’Ibiyaga Bigari ukomeje kujya mu rujijo bitewe n’intambara ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 22 Ukuboza 2025, abaturage bo muri Uvira bateguye imyigaragambyo rusange igamije kwamagana icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za...