24 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsContent

Tag: Content

spot_img

Yampano mu bihe bikomeye, aciye amarenga ku iherezo ry’umubano we, nyuma y’andi mashusho yagize hanze

  Nyuma y’iminsi agarukwaho mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga kubera amashusho yagiye hanze ari gutera akabariro n’umukunzi we, umuhanzi Yampano yongeye kugarukwaho nyuma y’andi...

Ingabo za FARDC zerekanye mw’itangazamakuru abarwanyi b’abanyamahanga bafatiwe ku rugamba. Amafoto

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zerekanye mu itangazamakuru abarwanyi b’abanyamahanga bivugwa ko bafatiwe ku rugamba mu bitero biherutse mu burasirazuba bwa...

“Ugasanga nk’akana k’agakobwa kegereye nka Tito gatangiye kumubwira gati ‘chouchou’ nari ngukumbuye”: Depite Kanamugire

Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu kubaka ejo hazaza harangwa n’abayobozi bafite indangagaciro, ikibazo cy’imyitwarire y’urubyiruko gikomeje kuba ingingo igarukwaho n’abayobozi n’impuguke...

2025, Umwaka w’ihindagurika rikomeye mu myidagaduro y’u Rwanda

  Umwaka wa 2025 ugiye kugera ku musozo wasize ushimangiye ko imyidagaduro nyarwanda ikomeje gutera imbere, igaragaramo ibyishimo, impaka, inkuru z’urukundo n’izababaje benshi. Ku byamamare,...

Frank Gashumba yatunguye benshi ku konsa abana, anenga inama zimwe zitangwa ku babyeyi

  Umunyapolitiki n’umusesenguzi w’imibereho y’abantu muri Uganda, Frank Gashumba, yatunguye benshi nyuma yo gutanga ibitekerezo bye ku bijyanye no konsa abana, aho yashimangiye ko umwana...

Umutekano wabaye ishingiro ry’iterambere_ Perezida Kagame ashimira Ingabo z’u Rwanda ku ruhare rukomeye zagize mu 2025

  Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo, Paul Kagame, yashimiye byimazeyo Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’inzego z’umutekano ku muhate, ubwitange n’ubunyamwuga byaranze...

Inkuru ibabaje Nigeria, Anthony Joshua yakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yahitanye abantu babiri

  Icyamamare ku rwego mpuzamahanga mu mukino w’iteramakofi, Anthony Joshua, yakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yabereye muri Nigeria, igahitana abantu babiri, nk’uko byemejwe na Polisi yo...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img