32.2 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsContent

Tag: Content

spot_img

Umukinnyi w’icyamamare Ronaldo Luis Nazario de Lima yabatijwe muri Kiliziya Gatolika

Wari umunsi udasanzwe kuri uyu mukinnyi w'icyamamare, ubu usigaye ari umuyobozi w'ikipe ya Real Valladolid, ubwo yabatizwaga kuri uyu wa kabiri tariki 12 Nzeri...

BIG Fizzo yatanze umuburo kuri The Ben  utegerejwe na benshi mu Burundi

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi ku mazina ya The Ben ategerejwe mu gitaramo gikomeye azakorera mu Burundi ku wa 30 Nzeri 2023 ndetse na 01ukwakira...

Kunyaza bigiye kuba umuco ukwiye kwigishwa ingo z’Abaturange ba Uganda kugirango ingo zidasenyuka

Igitabo cyiswe ‘Kunyaza’ gikomeje kuvugisha benshi muri Uganda, aho Umunyamabanga muri Minisiteri y’Ubutabera muri iki gihugu, Pius Bigirimana yasabye ko kigezwa mu miryango itandukanye...

Mu magambo y’urukundo, BMC Gapangwa yataatse umugore we ku isabukuru y’amavuko, Steven MM aratungurana » Amafoto

Kubwira umukunzi wawe amagambo meza y’urukundo ni kimwe mu bintu byiza nawe ubwe aba ataregereje kuri wowe. Iyo atakibonye niho usanga avuga ngo nta...

Biravugwa muri Tanzaniya Tundu Lissu utavugarumwe n’ubutegetsi yafunzwe amasaha make

Kuri uyu wa mbere tariki ya 11 Nzeri 2023, Igipolisi muri Tanzania cyataye muri yombi Tundu Lissu umukuru mu batavuga rumwe n’ubutegetsi hamwe n’abandi...

LGBT: Igihugu cyavuze ko umubyeyi uzabuza umwana kwihinduza igitsina azajya ahita amwamburwa

Uyu mushinga w’Itegeko wohererejwe Guverineri wa California, Gavin Newsom utegeka ko nko ku babyeyi batandukanye ariko barabyaranye, mu kugena uko umwana azajya asurwa n’ubundi...

Isi yose yatunguwe n’ibiri kuvugwa kuri Obama wigeze kuba  Perezida wa America

Umugabo witwa Larry Sinclair, yavuze ko yaryamanye mu buryo bw’abahuje ibitsina na Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America. Uyu mugabo...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img