29.2 C
Africa
Woensdag, Desember 17, 2025
HomeTagsContent

Tag: Content

spot_img

Ubu ntibikiri ibyoroshye!  Wazalendo yasizoye igomba gukubita M23! Menya byinshi wahishwe

«Wazalendo» ni ijambo ry’Igiswahili risobanura “Ba kavukire”. Niba ukurikiranira hafi ibibazo bya politiki n’umutekano wo mu Karere si rishya mu matwi yawe. Ni Ihuriro...

The Ben yongeye gutungura abakoresha Social Media aboherereza amashusho atuma bacisha make

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira ifoto itangaje cyane ya The Ben na Pamella umugore we byemewe n’amategeko bari guhana care.  Muri iyi foto, The Ben...

Gabon: Madame Sylvia Bongo Ondimba Valentin arafunzwe

Sylvia Bongo Ondimba Valentin , umufasha wa perezida Ali Bongo Ondimba wahiritswe kubutegetsi kurubu arabarizwa muri gereza aho ashinjwa kunyereza umutungo w’igihugu .Ibi bikaba...

Ibyo wakwitega ku irushanwa rya Miss Mulenge World ritavugwaho rumwe n’abanyamakuru Nyamulenge i Nairobi

Guhera kuri uyu wa Gatatu tariki 07 Ugushyingo 2023 haratangira igikorwa cyo gushaka abakobwa bazahatanira ikamba rya Miss Mulenge World 2023-2024, byitezwe ko umukobwa...

Hamissa yatangaje umusore bakundana

Hamisa Mobetto yashimiye umukunzi we wo muri afurika y’uburengerazuba wamuguriye telephone iri mu bwoko bwa iPhone 15s .abinyujije kumbuga ze nkoranyambaga , yagaragaje uburyo...

Byinshi utamenye k’ubukwe ba Zari Hassan , Shakib Lutaaya ni muntu ki .

Umuherwekazi Zari Hassan yerekanye ifoto y’impeta y’urudasa yambitswe n’umugabo we abantu benshi batangira gucika ururondogoro. Zari Hassan umubyeyi w’abana batanu , yagiye arangwa n’udushya twinshi....

Nyuma y’imyaka 8 itabikora muri Premier League Arsenal yakoze akandi gashya

Bitunguranye Ikipe ya Arsenal Fc yakoze iyo bwabaga itsinda Manchester City mu mikino yo ku munsi wa 8 wa shampiyona y'icyiciro cya mbere mu...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img