39.8 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsDjihad

Tag: Djihad

spot_img

Yampano mu bihe bikomeye, aciye amarenga ku iherezo ry’umubano we, nyuma y’andi mashusho yagize hanze

  Nyuma y’iminsi agarukwaho mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga kubera amashusho yagiye hanze ari gutera akabariro n’umukunzi we, umuhanzi Yampano yongeye kugarukwaho nyuma y’andi...

2025, Umwaka w’ihindagurika rikomeye mu myidagaduro y’u Rwanda

  Umwaka wa 2025 ugiye kugera ku musozo wasize ushimangiye ko imyidagaduro nyarwanda ikomeje gutera imbere, igaragaramo ibyishimo, impaka, inkuru z’urukundo n’izababaje benshi. Ku byamamare,...

Djihad ahakana ibyaha aregwa mu bujurire, umwanzuro w’urukiko utegerejwe ku wa 5 Mutarama

  Urukiko rw’Isumbuye rwa Nyarugenge rwatangaje ko ku wa 5 Mutarama 2026 ari bwo ruzasoma umwanzuro wa nyuma ku bujurire bw’abaregwa mu rubanza rujyanye no...

Yampano aributsa ko ifungwa rya Djihad na Pazzo Man atari intsinzi, ahubwo ni isomo ku burenganzira bw’umuntu

  Umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano, yatangaje ko atigeze na rimwe yishimira ifungwa ry’abantu bakurikiranyweho gusakaza amashusho ye y’ubwambure, barimo Djihad na Pazzo Man....

“Pole sana umuchou”, Amagambo ya Alliah Cool akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga

  Isimbi Alliance uzwi nka Alliah Cool, umwe mu bakinnyi ba sinema nyarwanda n’ibyamamare bikomeye ku mbuga nkoranyambaga, akomeje kuvugisha benshi nyuma yo kugaragaza amarangamutima...

Biratangaje! Kigali umusore w’imyaka 32 ashyize hanze amazina y’abapadiri n’abapasitori babatinganyi nyuma yaho ibendera ryabo rizamuriwe >>Inkuru irambuye

Bavuga ko ari abatinganyi mu Rwanda ari benshi Ku bwabo ngo kungo eshatu rumwe ruba rurimo umutinganyi Ngo nabo barasenga bakanasoma imirongo ibahumuriza...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img