25.2 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsFAR

Tag: FAR

spot_img

Ingabo za FARDC, zifatanyije n’abambari bazo, zagabye ibitero bikomeye cyane ku birindiro bya AFC/M23

Urusaku rukabije rw’imbunda ziremereye n’izoroheje rwumvikanye mu bice bitandukanye bya teritware za Uvira na Fizi, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bitera...

Ingabo za FARDC zerekanye mw’itangazamakuru abarwanyi b’abanyamahanga bafatiwe ku rugamba. Amafoto

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zerekanye mu itangazamakuru abarwanyi b’abanyamahanga bivugwa ko bafatiwe ku rugamba mu bitero biherutse mu burasirazuba bwa...

“Baransambanyije ngo bumve uko Umututsi amera”: Ubuhamya buteye intimba bw’umubyeyi wasambanyijwe n’abarenga 100 akanduzwa Sida akanapfakazwa na FDLR na FARDC

Mu gihe ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bukomeje guhakana cyangwa kugabanya uburemere bw’urwango n’ihohoterwa rikorerwa Abanye-Congo bavuga Ikinyarwanda, cyane cyane Abatutsi,...

Perezida Tshisekedi yakomoje ku magambo rutwitsi ya Gén. Sylvain Ekenge, atanga itegeko ridasanzwe, AFC/M23 ishinja Leta ibirego bishya.

Mu gihe umutekano n’imibanire y’Abanye-Congo bikomeje guhungabanywa n’intambara ikomeje mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Perezida Félix Antoine Tshisekedi yafashe icyemezo...

Nahisemo kwibanda ku rugendo rwanjye_ Eddy Kenzo aciye amarenga ku makimbirane afitanye na Bebe Cool

  Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda akaba n’umuyobozi wa Big Talent Entertainment, Eddy Kenzo, yagarutse ku makuru amaze iminsi avugwa ku makimbirane afitanye na mugenzi we...

RDC: FARDC Yibutse Général Mamadou Mustafa Ndala, Imushyira mu Ntwari Zitazibagirana z’Igihugu

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangaje ko zahaye icyubahiro gikomeye kuri Général Mamadou Mustafa Ndala, zimushimira uruhare rudasanzwe yagize mu mateka...

RDC: Abantu Barenga 30 Barimo n’Abasirikare Bishwe mu Gitero cy’Iterabwoba, Abasivili Baraswa na Drones za FARDC.

Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bukomeje kuba indiri y’urugomo n’amarira, mu gihe abaturage bakomeje kwicwa n’ibitero by’imitwe yitwaje intwaro n’ibikorwa bya gisirikare...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img