25.7 C
Africa
Donderdag, Februarie 5, 2026
HomeTagsFAR

Tag: FAR

spot_img

RDC: Abaturage Bategetswe Gutanga ku Ngufu Amatungo yo Kurya kuri Noheli n’Ubunani Utabikoze agahanwa by’intangarugero

Mu gihe imiryango myinshi ku Isi iba yitegura kwizihiza iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani mu byishimo n’umutekano, abaturage bo mu gace ka Kisimba, muri...

Yari akwiye kurokora ubuzima bw’ abenshi, ahinduka umwicanyi_ Doctor Death yakatiwe igifungo cya burundu azira kuroga abarwayi

  Uwahoze ari umuganga w’inzobere mu gutera ibinya (anaesthetist), Frédéric Péchier, w’imyaka 53, yakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kuroga ku bushake...

U Bushinwa burasaba ko MONUSCO igumana ubwigenge bwayo, ntikoreshwe mu mikino ya politiki

Kongera manda y’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) byongeye gukurura impaka ndende mu Kanama ka Loni gashinzwe...

Bruce Melodie ku isonga mu bahanzi Minisitiri Nduhungirehe yumvise cyane mu 2025

  Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yashyize ahagaragara urutonde rw’abahanzi n’indirimbo yumvise kandi akunda cyane mu mwaka wa 2025, abinyujije ku...

“Turi muri Congo ariko bavuga ko twatahutse”: Abasirikare b’u Burundi bari muri RDC baraburira ku mugambi mubisha w’ibyo Leta ishaka ko bakora

Mu gihe ubutegetsi bw’u Burundi bukomeje gutangaza ku mugaragaro ko bwacyuye ingabo zabwo zari zoherejwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amakuru aturuka imbere...

Abarwanyi ba AFC/M23 batangiye gukoresha intwaro nshya idasanzwe ku rugamba yakanze FARDC n’abambari ba yo, imirwano irushaho gufata indi sura

Intara ya Kivu y’Amajyepfo ikomeje kuba isibaniro rikomeye ry’intambara hagati y’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ingabo za Leta (FARDC)...

RDC: Kuki Kwimurwa kwa Brig. Gen. John Tshibangu muri gereza gukomeje guteza impaka zikomeye ku butabera n’umutekano w’igihugu?

Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje guhura n’ibibazo bikomeye by’umutekano, politiki n’imiyoborere y’inzego zayo z’igisirikare, kwimurwa kwa Brigadier General John Tshibangu muri...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img