Mu gihe hari icyizere gike cyari kimaze kugaragara ko intambara imaze imyaka myinshi ihitana ubuzima bw’abaturage mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...
Teritwari ya Walikale, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yongeye kwisanga mu mwuka w’ubwoba n’ihungabana ry’umutekano bikabije, nyuma y’amakuru yatangiye gucicikana mu ijoro ryo ku...
Umutekano muri Masisi, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, wongeye kuzamba nyuma y’imirwano ikomeye yongeye guhuza AFC/M23 n’abarwanyi ba Wazalendo bashyigikiwe n’ingabo za Leta ya...
Leta y’u Burundi yatangaje ko iteganya kwimura impunzi z’Abanye-Congo ziherutse guhungira muri iki gihugu, ziri gukurwa mu nkambi z’agateganyo no mu baturage bazicumbikiye, zikajyanwa...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yongeye kwisanga mu bibazo bikomeye bya dipolomasi ku rwego rw’akarere, nyuma yo...