32.2 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsFARDC

Tag: FARDC

spot_img

Nyuma y’amezi 10 y’intambara, umuhanda Bukavu–Uvira wongeye gufungurwa, Abaturage bishimye

  Nyuma y’amezi agera ku icumi yari amaze arangwa n’ihagarikwa ry’ingendo zo mu muhanda kubera intambara n’umutekano muke, ubwikorezi bwo mu muhanda uhuza imijyi ya...

Minembwe : Gucibwa kwa Network ya Vodacom byateje umwiryane n’ impungenge zikomeye mu baturage

    Amakuru yizewe aturuka mu gace ka Minembwe, mu misozi y’i Mulenge ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aremeza ko itumanaho rya Vodacom ryahagaritswe by’agateganyo,...

Hamenyekanye impamvu Ihuriro rya AFC/M23 ritavuye mu mujyi wa Uvira nyuma yo kubitangaza

Mu rukerera rwo ku wa 16 Ukuboza 2025, Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko rizava mu mujyi wa Uvira, wari umaze iminsi micye mu maboko...

U Burundi bwahuye n’intambara bukiri mu rugo: Ifatwa rya Uvira, ubwoba bwa Ndayishimiye, ubutumwa bwa AFC/M23 n’igitutu ku Rwanda

Hari intambara umuntu yumva mu makuru akayifata nk’iri kure, akumva ari inkuru yo mu bindi bihugu. Ariko hari n’igihe iyo ntambara iguhindukira impamo, ikava...

Nduhungirehe anenga ECCAS ku guceceka ku mibabaro y’Abanyamulenge

  Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yanenze Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo muri Afurika yo Hagati (ECCAS) kuba uhitamo kuvuga ku kibazo...

Hamenyekanye Andi Mayeri Adasanzwe Yasunikiye AFC/M23 kuva mu Mujyi wa Uvira

 Mu gitondo cyo ku wa 15 Ukuboza 2025, Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje icyemezo gikomeye cyo kwikura mu mujyi wa Uvira, mu Ntara...

AFC/M23 Itangaje ko Igiye Kuva i Uvira Mu Rwego rwo Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro bya Doha

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) watangaje ko ugiye kuva mu mujyi wa Uvira, nyuma y’iminsi itanu wari...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img