Mu gihe akarere k’Ibiyaga Bigari gakomeje kubangamirwa n’intambara zimaze imyaka myinshi, amagambo aherutse gutangazwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...
Teritwari ya Walikale, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yongeye kwisanga mu mwuka w’ubwoba n’ihungabana ry’umutekano bikabije, nyuma y’amakuru yatangiye gucicikana mu ijoro ryo ku...
Leta y’u Burundi yatangaje ko iteganya kwimura impunzi z’Abanye-Congo ziherutse guhungira muri iki gihugu, ziri gukurwa mu nkambi z’agateganyo no mu baturage bazicumbikiye, zikajyanwa...