22.7 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeTagsGufata uvira

Tag: Gufata uvira

spot_img

Papa Léon XIV yahamagariye AFC/M23 na FARDC guhagarika imirwano vuba na bwangu kuko bishyira Ubuzima bw’abaturage mu kaga

  Papa Léon XIV, Umukuru w’Itorero Gatolika, yagaragaje impungenge zikomeye ku mibereho y’abaturage mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, by’umwihariko mu Ntara ya...

Zateje impungenge zikomeye Leta ya RDC: Hamenyekanye inyungu zikomeye cyane AFC/M23 igiye kubona nyuma yo gufata umujyi wa Uvira.

Kuva ku wa 9 Ukuboza 2025, Umujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ikomeye cyane mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, waguye mu maboko y’ihuriro AFC/M23,...

Amakuru mashya: U Burundi butangije Intambara yeruye hagati yabwo n’u Rwanda Nyuma y’Imirwano yo muri Kivu y’Amajyepfo

Nyuma y’imirwano ikomeye yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), u Burundi bwatangaje ko bushobora kwinjira mu ntambara yeruye n’u Rwanda, nyuma yo gutsindwa uruhenu no kwijundika ku bikorwa byo kurasa ku butaka bwabwo bivugwa ko biterwa n’u Rwanda.  Ubutegetsi bw’u Burundi, biciye ku ntumwa yabwo mu muryango w’Abibumbye i New York, bwatangaje ko bwiteguye gukoresha ingufu zose mu kurinda ubusugire bw’igihugu mu gihe ibyo bikorwa byambukiranya imbibi byakomeza.   Ambasaderi Zéphyrin Maniratanga yashimangiye ko uburenganzira bw’igihugu cye bubangamiwe n’ibitero by’intwaro ziremereye n’indege zidafite abapilote (drones), byakoreshejwe mu kurasa no gutera ubwoba abaturage.  U Burundi bwashinjije u Rwanda kutubahiriza umwanzuro wa Loni wa 2773 usaba gukura ingabo zarwo mu burasirazuba bwa RDC no...

Amakuru mashya: Iby’igitero cya AFC/M23 ku butaka bw’u Burundi nyuma y’ifatwa ry’umujyi wa Uvira.

Nyuma y’ifatwa rya Uvira mu ijoro ryo ku wa 9 Ukuboza 2025, hari amakuru yatangiye gukwira ku mbuga nkoranyambaga avuga ko AFC/M23 ishobora gutera u Burundi, ibintu byahise bitera impungenge mu baturage b’i Ruzizi, Bujumbura Rural n’utundi duce duhana imbibi na RDC.   Nubwo AFC/M23 yamaze kubihakana mu buryo bweruye, ibibazo bitandukanye biracyari kwibazwa na benshi: Ni iki cyakuruye ibi bihuha? Ese birashoboka? Ni uwuhe mwuka w’ubutwererane n’ubwoba uvugwa ku mpande zombi?  Iyi nkuru irasesengura impamvu zabyukije ibihuha, imiterere y’umutekano ku mpande zombi, ubufatanye mu ntambara hagati ya FARDC, FDLR...

Uvira: Ingabo z’u Burundi Zasubiye Iwabo Nyuma yo Gutsindwa na AFC/M23, Abaturage bakomoza ku mpinduka zikomeye

Mu mujyi wa Uvira muri Kivu y’Amajyepfo nyuma y’uko wigaruriwe na AFC/M23 ikanashyiraho inzego nshya z’umutekano ukomeje kugaragaramo impinduka mu buzima bw’abaturage bawutuye.  Colonel Willy...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img