Teritwari ya Walikale, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yongeye kwisanga mu mwuka w’ubwoba n’ihungabana ry’umutekano bikabije, nyuma y’amakuru yatangiye gucicikana mu ijoro ryo ku...
Umutekano muri Masisi, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, wongeye kuzamba nyuma y’imirwano ikomeye yongeye guhuza AFC/M23 n’abarwanyi ba Wazalendo bashyigikiwe n’ingabo za Leta ya...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yongeye kwisanga mu bibazo bikomeye bya dipolomasi ku rwego rw’akarere, nyuma yo...
Shakib Lutaaya, umugabo wa Zari Hassan uzwi cyane mu bucuruzi no ku mbuga nkoranyambaga, yatangaje ko we n’umugore we bahisemo kudakurikirana ibikorwa bya buri...
Mu gihe intara ya Kivu y’Amajyepfo yari imaze iminsi iri mu mwuka w’ubwoba n’ihungabana ry’umutekano, ku wa Gatatu tariki ya 17 Ukuboza 2025 hatangajwe...