39.8 C
Africa
Dinsdag, Februarie 3, 2026
HomeTagsHat

Tag: hat

spot_img

Imirwano ikomeye hagati ya FARDC n’abarwanyi ba Mobondo iguyeho abasirikare n’abarwanyi bagera kuri 20

Imirwano iherutse kubera mu bice bya Kikwit hagati y’abarwanyi ba Mobondo n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) yasize nibura abarwanyi 15 ba...

Amarondo y’Ijoro Ku Mupaka w’u Rwanda n’u Burundi Yongereye Impungenge, Abaturage Binubira Ivangura n’Igitutu

Mu majyaruguru y’u Burundi, by’umwihariko muri Komini ya Kirundo mu Ntara ya Butanyerera ihana imbibi n’u Rwanda, hashyizweho amarondo y’ijoro afatwa nk’itegeko ku baturage,...

Amagambo ya Gen. Sylvain Ekenge yibasira Abatutsi akomeje guteza impaka, nyuma yuko yatangiye kugira ingaruka zikomeye.

Mu cyumweru gishize, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje kugerwaho n’impaka zikomeye zishingiye ku magambo yavuzwe n’Umuvugizi w’Ingabo za FARDC, Gen. Maj. Sylvain Ekenge...

Intambara yo muri RDC yahyize igisirikare cy’u Burundi mu mazi abira, Leta ihita ifungira inzira abasirikare batoroka.

Guverinoma y’u Burundi yafashe ingamba zikakaye zo kugenzura no kugabanya umubare w’abasirikare b’igihugu batoroka igisirikare bagahungira mu mahanga, mu gihe intambara ikomeje mu burasirazuba...

Umutekano wabaye ishingiro ry’iterambere_ Perezida Kagame ashimira Ingabo z’u Rwanda ku ruhare rukomeye zagize mu 2025

  Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo, Paul Kagame, yashimiye byimazeyo Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’inzego z’umutekano ku muhate, ubwitange n’ubunyamwuga byaranze...

Uvira: Imirwano ikaze cyane hagati ya AFC/M23 na FARDC ifatanyije na Wazalendo yakomeje gufata indi ntera.

Imirwano ikomeye hagati y’abarwanyi ba AFC/M23 n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zifatanyije n’imitwe ya Wazalendo yakomeje gufata indi ntera mu bice...

Perezida Tshisekedi yarusimbutse: Uko umugambi wo kumuhirika ku butegetsi “wacuzwe n’abamurinda na AFC/M23” wavumbuwe utarageramugeraho

Umujyi wa Kinshasa ukomeje kugaragaramo umwuka ukomeye w’umutekano muke n’impungenge mu nzego za gisirikare, nyuma y’amakuru yemeza itabwa muri yombi rya Colonel Serge Makoko...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img