33.6 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsHat

Tag: hat

spot_img

Nyuma y’u Rwanda n’u Burundi, u Bushinwa na bwo bwagaragaje uruhande buriho ku kibazo cya Somalia na Israel

Ikibazo cy’itandukana rya Somalia n’Intara ya Somaliland gikomeje gufata indi ntera ku rwego mpuzamahanga, aho ibihugu bikomeye bikomeje kugaragaza aho bihagaze ku cyemezo cya...

Inkuru ibabaje Nigeria, Anthony Joshua yakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yahitanye abantu babiri

  Icyamamare ku rwego mpuzamahanga mu mukino w’iteramakofi, Anthony Joshua, yakomerekeye mu mpanuka y’imodoka yabereye muri Nigeria, igahitana abantu babiri, nk’uko byemejwe na Polisi yo...

“Ntabwo twari twabuze ahandi tujya” – Khalifan na Oxygen basubije abakomeje kubasebya ku nzu bakoresheje barimo kwirega

    Umuraperi Khalifan Govinda n’umuhanzikazi Oxygen batangaje ko bababajwe cyane n’amagambo yuzuyemo gusebanya n’agasuzuguro bakomeje kubona ku mbuga nkoranyambaga, nyuma yo gushyira hanze amafoto y’ibirori...

Djihad ahakana ibyaha aregwa mu bujurire, umwanzuro w’urukiko utegerejwe ku wa 5 Mutarama

  Urukiko rw’Isumbuye rwa Nyarugenge rwatangaje ko ku wa 5 Mutarama 2026 ari bwo ruzasoma umwanzuro wa nyuma ku bujurire bw’abaregwa mu rubanza rujyanye no...

Isuzumamikorere rya REB rihinduye imiyoborere y’amashuri: Abayobozi 890 b’ibigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye bavanwe mu nshingano bagirwa abarimu.

Isuzumamikorere ryimbitse ryakorewe abayobozi b’ibigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye mu Rwanda ryagaragaje icyuho gikomeye mu miyoborere y’amashuri amwe n’amwe, bituma abayobozi 890 muri 5277 basuzumwe...

U Rwanda n’u Burundi byafashe uruhande mu kibazo cya Somalia na Israel cyazamuye impaka zikomeye ku rwego mpuzamahanga

Ikibazo cy’itandukana rya Somalia n’Intara ya Somaliland cyongeye kuzamura impaka zikomeye ku rwego mpuzamahanga, nyuma y’aho Leta ya Israel itangaje ko yemeye Somaliland nk’igihugu...

Burundi: Imvugo ikomeye ya Minisitiri w’Imari yatumye benshi bacika ururondogoro bamwe bagira ubwoba.

Mu gihe u Burundi buri mu bihe bikomeye by’ivugururwa ry’imicungire y’ingengo y’imari no gushaka kwigira mu bukungu, amagambo akomeye ya Minisitiri w’Imari, Dr. Alain...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img