39.8 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsHat

Tag: hat

spot_img

RDC: Imirwano idasanzwe hagati ya AFC/M23 na FARDC n’abambari ba yo yajemo indege 3 z’intambara zirimo Ingabo z’Abanyaburayi bafite intwaro ziremereye. 

Mu gihe umutekano w’intara ya Kivu y’Amajyepfo ukomeje kuba ikibazo gikomeye, amakuru mashya aturuka muri teritwari ya Fizi aravuga ko mu gace ka Kwa...

“Umunsi nzaba ndi ku rugamba nta muntu uzemererwa guhunga”: Amagambo ya Gen. Eddy Kapend yatumye benshi bacika ururondogoro 

Mu minsi ishize, amagambo y’umuyobozi w’Akarere ka 22 ka Gisirikare k’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), Général Eddy Kapend, yateje impaka zikomeye...

Yari akwiye kurokora ubuzima bw’ abenshi, ahinduka umwicanyi_ Doctor Death yakatiwe igifungo cya burundu azira kuroga abarwayi

  Uwahoze ari umuganga w’inzobere mu gutera ibinya (anaesthetist), Frédéric Péchier, w’imyaka 53, yakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kuroga ku bushake...

U Bushinwa burasaba ko MONUSCO igumana ubwigenge bwayo, ntikoreshwe mu mikino ya politiki

Kongera manda y’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) byongeye gukurura impaka ndende mu Kanama ka Loni gashinzwe...

“Turi muri Congo ariko bavuga ko twatahutse”: Abasirikare b’u Burundi bari muri RDC baraburira ku mugambi mubisha w’ibyo Leta ishaka ko bakora

Mu gihe ubutegetsi bw’u Burundi bukomeje gutangaza ku mugaragaro ko bwacyuye ingabo zabwo zari zoherejwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amakuru aturuka imbere...

RDC Yanze Gusubira mu Biganiro by’Amahoro na AFC/M23: Impungenge ku Mutekano wa Kivu n’Ahazaza h’Akarere

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwongeye gushimangira ko butiteguye gusubira mu biganiro by’amahoro bibuhuza n’ihuriro AFC/M23, mu gihe umutekano mu Ntara...

Uzatwara asaga miliyari 12 z’amadolari: DRC igiye kubaka Umujyi mushya w’inganda ugaragaza impinduka zikomeye mu bukungu bw’igihugu

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gutanga ibimenyetso by’uko yifuza guhindura icyerekezo cy’ubukungu bwayo, ikava ku kwishingikiriza ku mutungo kamere gusa, ikinjira mu cyiciro...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img