33.6 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsIbisasu

Tag: Ibisasu

spot_img

RDC: Abantu Barenga 30 Barimo n’Abasirikare Bishwe mu Gitero cy’Iterabwoba, Abasivili Baraswa na Drones za FARDC.

Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bukomeje kuba indiri y’urugomo n’amarira, mu gihe abaturage bakomeje kwicwa n’ibitero by’imitwe yitwaje intwaro n’ibikorwa bya gisirikare...

AFC/M23 Yasubije RDC ku Birego Ishinja Ingabo z’u Rwanda Kwica Abarenga 1,500 muri Kivu y’Amajyepfo Inatanga Impuruza Zikomeye Cyane

Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryateye utwatsi ibirego bya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bishinja Ingabo z’u Rwanda kugira uruhare mu...

RDC: Imirwano ikaze irakomeje nyuma y’uko AFC/M23 icengeye bwa mbere mu ndiri za FDLR zafatwaga nk’inkingi ikomeye y’uyu mutwe

Imirwano ikomeye irakomeje mu bice bitandukanye bya Gurupoma ya Bukombo, muri Sheferi ya Bwito, Teritwari ya Rutshuru, aho ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) riri...

Ihuriro rya AFC/M23 ryahishuye Impamvu ryafashe Uvira icyatumye riyivamo, ingabo rishaka ko ziyigenzura n’aho abarwanyi baryo bari

Mu gihe amahanga n’abahuza b’amahoro bari bahanze amaso i Washington, aho hari hateganyijwe gusinyirwa amasezerano y’amahoro n’ubufatanye bw’akarere agamije iterambere ry’ubukungu, mu burasirazuba bwa...

RDC mu marira n’icuraburindi: Ibisasu 150 biremereye cyane byarashwe n’Ingabo z’u Burundi kuri AFC/M23 byahitanye benshi, binasenya ibikorwaremezo

Santere ya Kamanyola, iherereye muri Teritwari ya Walungu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yongeye kwinjira mu mateka mabi...

RDC: Gen. Sylvain Ekenge yahagaritswe ku mirimo nyuma y’amagambo yazuye “Amategeko Icumi y’Abahutu”

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Ukuboza 2025, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yafashe icyemezo cyo guhagarika ku...

FARDC mu rugamba rwo kwisubiza Uvira: Imirwano ikaze, drones n’indege z’intambara byongeye kuvuza ubuhuha

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyinjiye mu cyiciro gishya cy’intambara gikomeje kurangwa n’imirwano ikaze mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho cyatangaje...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img