Mu gihe umutekano ukomeje kuzamba cyane mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Leta yafashe icyemezo gikomeye igamije guhindura icyerekezo cy’urugamba. Mu nama...
Nyuma y’imirwano ikomeye yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), u Burundi bwatangaje ko bushobora kwinjira mu ntambara yeruye n’u Rwanda, nyuma yo gutsindwa uruhenu no kwijundika ku bikorwa byo kurasa ku butaka bwabwo bivugwa ko biterwa n’u Rwanda.
Ubutegetsi bw’u Burundi, biciye ku ntumwa yabwo mu muryango w’Abibumbye i New York, bwatangaje ko bwiteguye gukoresha ingufu zose mu kurinda ubusugire bw’igihugu mu gihe ibyo bikorwa byambukiranya imbibi byakomeza.
Ambasaderi Zéphyrin Maniratanga yashimangiye ko uburenganzira bw’igihugu cye bubangamiwe n’ibitero by’intwaro ziremereye n’indege zidafite abapilote (drones), byakoreshejwe mu kurasa no gutera ubwoba abaturage.
U Burundi bwashinjije u Rwanda kutubahiriza umwanzuro wa Loni wa 2773 usaba gukura ingabo zarwo mu burasirazuba bwa RDC no...
Igihugu cy’u Burundi, biciye mu ntumwa yacyo mu Muryango w’Abibumbye i New York, cyatangaje ko gishobora kwinjira mu ntambara n’u Rwanda mu gihe rukomeza...
Urukiko rwa Gisirikare rwa Goma ruri kuburanira i Walikale mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho ku wa 10 Ukuboza rwahamije abantu batandatu ibyaha bikomeye...