Mu gihe hasigaye amasaha make ngo umwaka wa 2025 urangire, Umujyi wa Uvira n’ibice biyikikije mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo bikomeje kuba indiri y’igitutu...
Mu gihe amahanga n’abahuza b’amahoro bari bahanze amaso i Washington, aho hari hateganyijwe gusinyirwa amasezerano y’amahoro n’ubufatanye bw’akarere agamije iterambere ry’ubukungu, mu burasirazuba bwa...
Mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu mwaka wa 2025, Ingabo z’u Burundi zari mu zikomeye zoherejwe gufasha Leta...
Umwaka wa 2025 uzibukwa nk’uwahinduye byinshi ku ntambara imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni umwaka waranzwe n’ihindagurika rikomeye...