33.6 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsIBITERO

Tag: IBITERO

spot_img

AFC/M23 Ishinja Kinshasa Guhindura Amasezerano ya Doha Intwaro yo Kwiyubaka no Gukomeza Intambara

Mu gihe icyizere cy’amahoro cyari cyatangiye kugaragara mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko Leta...

Amasaha ya nyuma ya 2025: Uvira ihanzwe amaso na FARDC n’abambari bazo, drones n’ingabo z’amahanga mu mukino uteye inkeke

Mu gihe hasigaye amasaha make ngo umwaka wa 2025 urangire, Umujyi wa Uvira n’ibice biyikikije mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo bikomeje kuba indiri y’igitutu...

Ihuriro rya AFC/M23 ryahishuye Impamvu ryafashe Uvira icyatumye riyivamo, ingabo rishaka ko ziyigenzura n’aho abarwanyi baryo bari

Mu gihe amahanga n’abahuza b’amahoro bari bahanze amaso i Washington, aho hari hateganyijwe gusinyirwa amasezerano y’amahoro n’ubufatanye bw’akarere agamije iterambere ry’ubukungu, mu burasirazuba bwa...

Perezida Ndayishimiye na Tshisekedi bahiye ubwoba bwinshi cyane bakimara kubona intwaro idasanzwe y’ingabo z’u Rwanda batari bazi ko zifite

Mu gihe akarere k’Ibiyaga Bigari kakomeje kuzamo umwuka mubi w’umutekano muke, amagambo akakaye n’imyitwarire ya gisirikare, hari ikintu gishya cyatumye impungenge z’abayobozi bo mu...

RDC: Menya amakosa akomeye cyane Ingabo z’u Burundi zakoze mu ntambara yahaye AFC/M23 icyuho cy’intsinzi muri 2025.

Mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu mwaka wa 2025, Ingabo z’u Burundi zari mu zikomeye zoherejwe gufasha Leta...

2025: Umwaka wahinduye isura y’intambara mu Burasirazuba bwa RDC, AFC/M23 igira ijambo ku butaka buruta ubw’u Rwanda

Umwaka wa 2025 uzibukwa nk’uwahinduye byinshi ku ntambara imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni umwaka waranzwe n’ihindagurika rikomeye...

AFC/M23 yakubise iz’akabwana FARDC n’abambari bayo bayabangira ingata, Gen. Makenga atangaza intambwe nshya y’urugamba.

Imirwano ikaze irakomeje mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23)...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img