Hari intambara umuntu yumva mu makuru akayifata nk’iri kure, akumva ari inkuru yo mu bindi bihugu. Ariko hari n’igihe iyo ntambara iguhindukira impamo, ikava...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatanze ishusho nshya ku ntambara ya Ukraine, agaragaza ko gusubirana ubutaka iki gihugu cyambuwe n’u...
Mu gihe umutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba mubi, hari impinduka zikomeye zikomeje kugaragara ku ruhande rw’ingabo z’u...
Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryafashe icyemezo cyo gukura ingabo zaryo mu mujyi wa Uvira, riwufashe mu minsi ishize, mu rwego...
Ku Cyumweru tariki ya 14 Ukuboza 2025, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yagiriye uruzinduko rw’akazi i Luanda muri...
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa Gatanu tariki ya 12 Ukuboza, yasabye umuryango mpuzamahanga gufata ingamba zifatika zigamije gushyira igitutu kuri...