40.5 C
Africa
Donderdag, Februarie 5, 2026
HomeTagsIkomeye

Tag: ikomeye

spot_img

Narayirangije burundu– King Saha yiyise intandaro yo gusenyuka kw’abahanzi bahujwe na Leta

  Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, King Saha, yatangaje amagambo akomeye avuga ko ari we wagize uruhare rukomeye mu gusenyuka no kudindira kw’abahanzi bashyigikiwe na Leta,...

Abarwanyi ba AFC/M23 batangiye gukoresha intwaro nshya idasanzwe ku rugamba yakanze FARDC n’abambari ba yo, imirwano irushaho gufata indi sura

Intara ya Kivu y’Amajyepfo ikomeje kuba isibaniro rikomeye ry’intambara hagati y’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ingabo za Leta (FARDC)...

Uzatwara asaga miliyari 12 z’amadolari: DRC igiye kubaka Umujyi mushya w’inganda ugaragaza impinduka zikomeye mu bukungu bw’igihugu

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gutanga ibimenyetso by’uko yifuza guhindura icyerekezo cy’ubukungu bwayo, ikava ku kwishingikiriza ku mutungo kamere gusa, ikinjira mu cyiciro...

RDC: Kuki Kwimurwa kwa Brig. Gen. John Tshibangu muri gereza gukomeje guteza impaka zikomeye ku butabera n’umutekano w’igihugu?

Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje guhura n’ibibazo bikomeye by’umutekano, politiki n’imiyoborere y’inzego zayo z’igisirikare, kwimurwa kwa Brigadier General John Tshibangu muri...

FARDC na Wazalendo bakubitiwe iz’akabwana mu bitero bagabye kuri AFC/M23, abaturage bongera guhunga ari benshi

Teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yongeye kwisanga mu bihe bikomeye by’umutekano muke nyuma...

Umusirikare wa FARDC yasambanyije ku ngufu umubyeyi wari umaze igihe gito abyaye anambura amafaranga umuforomo wari uri kumufasha.

Amakuru yizewe aturuka muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Epfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko habaye igikorwa...

Brigade yihariye y’abasirikare ba RDF yasoje imyitozo ityaye yatumye u Burundi butekereza kabiri ku gushoza intambara ku Rwanda. Amafoto

Mu gihe umutekano wo mu Karere k’Ibiyaga Bigari ukomeje kujya mu rujijo bitewe n’intambara ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img