Mu gihe intara ya Kivu y’Amajyepfo yari imaze iminsi iri mu mwuka w’ubwoba n’ihungabana ry’umutekano, ku wa Gatatu tariki ya 17 Ukuboza 2025 hatangajwe...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku mugaragaro ko ziteguye gufata ingamba zifatika kugira ngo amasezerano ya Washington yasinywe hagati ya Repubulika ya Demokarasi...
Nyuma y’amezi agera ku icumi yari amaze arangwa n’ihagarikwa ry’ingendo zo mu muhanda kubera intambara n’umutekano muke, ubwikorezi bwo mu muhanda uhuza imijyi ya...
Amakuru yizewe aturuka mu gace ka Minembwe, mu misozi y’i Mulenge ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aremeza ko itumanaho rya Vodacom ryahagaritswe by’agateganyo,...
Ubuyobozi bukuru bw’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishinzwe ibikorwa mu majyepfo (U.S. Southern Command) bwatangaje ko hatangijwe iperereza ryimbitse ku byabaye byari...
Muri iyi minsi, hari ikintu gisa n’icyabaye ikimenyetso cya Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni: ingofero. Abenshi bamubona ayambaye hafi ya hose, yaba ari...