39.8 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsImirwano

Tag: Imirwano

spot_img

AFC/M23 yigaruriye ibirindiro bibiri bikomeye i Kaziba, FARDC n’Abayifasha basubira inyuma

  Imirwano imaze iminsi itatu ihanganishije AFC/M23 n’Ingabo za FARDC ifatanyije na Wazalendo ndetse n’ingabo z’u Burundi, yakomeje gukara kuri uyu wa Kane mu gace...

Uganda mu Mwuka w’Amatora ya 2026: Museveni Yanze Kwitabira Ikiganiro Mpaka, Bobi Wine Ndetse n’Ubwami bwa Buganda Bamaganira Ihohoterwa mu Kwiyamamaza 

Nk'uko bimenyerewe muri Uganda iyo amatora yegereje, haba ibiganiro mpaka bikomatanyije bituma abakandida bose bagaragariza abaturage imigabo n’imigambi, bakakira n’ibibazo bijyanye n’imibereho y’abaturage. Mu...

Ishyano Perezida Tshisekedi yikururiye ubwo yamaganaga ingabo zose zari mu gihugu cye, intandaro yo gutsindwa kwa Politiki ye

Repubulika ya Demokarasi ya Congo yasezereye ingabo zose zari ziri mu gihugu cyayo zaraje mu butumwa bwo kugarura amahoro, muri iki gihugu bituma izi...

Mbere y’uko amatora aba Leta ya RD-Congo iratabaza Umuryango w’Abibumbye (Loni)

Leta ya RD-Congo yasabye Umuryango w’Abibumbye (Loni) ubufasha mu gutwara ibikoresho bikenerwa mu matora rusange ateganyijwe kuba mu cyumweru gitaha. Mu ibaruwa ambasaderi wa DRC...

Hamenyekanye igihe kirekire cyongerewe ku gahenge kari kamaze iminsi 2 mu ntambara M23 ihanganyemo na FARDC

Biravugwa ko M23 n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byemeye guhagarika imirwano mu bice byo mu burasirazuba bw'iki gihugu mu gihe cy’ibindi byumweru...

Yari amayeri ya FARDC na Leta Zunze Ubumwe za Amerika? Agahenge kari kahawe umugisha kateshejwe agaciro!

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 burashinja ingabo za Leta ya Congo FARDC kutubahiriza agahenge k’amasaha 72, katanzwe ku busabe bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA).  USA...

U Burundi bwatangiye kohereza ingabo zabwo: Haratutumba intambara hagati y’u Rwanda n’u Burundi izasiga iyogoje akarere kose.

Umuyobozi w’Ubutumwa bwa Loni mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), Bintou Keita, yatangaje ko umwuka mubi ukomeje kwigaragaza hagati y’u Rwanda...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img