Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yavuze ko igihugu cye cyiteguye kuba umuhuza mu kibazo kimaze imyaka gihanganishije Leta ya Israel n’umutwe wa Hamas...
Kuva mu ntangiriro z’Ukwakira, imirwano ikaze yagaragaye mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hagati y’inyeshyamba zishyigikiye leta zibumbiye mu kiswe Wazalendo zifatanyije...
Umutwe wa M23 watangaje ko hari abarwanyi bawo baheruka kugwa mu mirwano n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo; gusa uvuga ko batagera muri...
Ruhango: Umugabo wo mu Murenge wa Mwendo, mu gucyura umugore we, yagiye yitwaje inyundo n’akajerekani ka essence, ahageze ashaka kurwana, Sebukwe amutema mu mutwe.
Nteziryayo...
Abantu babiri barimo Derrick Irutingabo bapfuye abandi batanu barakomereka, nyuma yo kurasirwa mu birori by’isabukuru mu Majyepfo ya California muri Leta zunze Ubumwe za...
Umutwe wa M23 wahagaritse urugendo rwo gushyira intwaro hasi nyuma y’uko Perezida Felix Tshisekedi yeruye ko nta biganiro Guverinoma ye iteze kugirana na wo.
Tshisekedi...