25.1 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeTagsImirwano

Tag: Imirwano

spot_img

Umwe muba Perezida ba kimwe mu bihugu bya Afurika yasabye kuba umuhuza mu kibazo cya Israel na Hamas Blinken wa Amerika ahita ajya muri...

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yavuze ko igihugu cye cyiteguye kuba umuhuza mu kibazo kimaze imyaka gihanganishije Leta ya Israel n’umutwe wa Hamas...

Inkuru itugezeho nonaha: Inyeshyamba za Wazalendo ziremeza ko ubu zigenzura Masisi yose

Kuva mu ntangiriro z’Ukwakira, imirwano ikaze yagaragaye mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hagati y’inyeshyamba zishyigikiye leta zibumbiye mu kiswe Wazalendo zifatanyije...

Umutwe wa M23 wagize icyo uvuga ku makuru y’abarwanyi 200 bayo bivugwa ko baherutse kwicirwa muri Masisi

Umutwe wa M23 watangaje ko hari abarwanyi bawo baheruka kugwa mu mirwano n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo; gusa uvuga ko batagera muri...

Umugabo yagiye gucyura umugore we yitwaje inyundo, azanye imirwano Sebukwe amutema umutwe

Ruhango: Umugabo wo mu Murenge wa Mwendo, mu gucyura umugore we, yagiye yitwaje inyundo n’akajerekani ka essence, ahageze ashaka kurwana, Sebukwe amutema mu mutwe. Nteziryayo...

Abaturage ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bahinze Umushyitsi kubera Urupfu rwa Irutingabo Derrick?

Abantu babiri barimo Derrick Irutingabo bapfuye abandi batanu barakomereka, nyuma yo kurasirwa mu birori by’isabukuru mu Majyepfo ya California muri Leta zunze Ubumwe za...

Umutwe wa M23 wahagaritse urugendo rwo gushyira intwaro hasi

Umutwe wa M23 wahagaritse urugendo rwo gushyira intwaro hasi nyuma y’uko Perezida Felix Tshisekedi yeruye ko nta biganiro Guverinoma ye iteze kugirana na wo. Tshisekedi...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img