Urukiko rwa Gisirikare rwa Kivu y’Amajyaruguru, rufite icyicaro i Lubero-centre, rwatangiye kuburanisha abasirikare umunani bo mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC),...
Ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi ryemeje ku mugaragaro ko iki gihugu kitaracyura ingabo zacyo zoherejwe kurwana mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...
Ijambo Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yagejeje ku Barundi mu gusoza umwaka wa 2025 rikomeje guteza impaka n’impungenge mu karere, nyuma yo kongera kwibasira...
Mu gihe hasigaye amasaha make ngo umwaka wa 2025 urangire, Umujyi wa Uvira n’ibice biyikikije mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo bikomeje kuba indiri y’igitutu...
Mu gihe amahanga n’abahuza b’amahoro bari bahanze amaso i Washington, aho hari hateganyijwe gusinyirwa amasezerano y’amahoro n’ubufatanye bw’akarere agamije iterambere ry’ubukungu, mu burasirazuba bwa...