Umwaka wa 2025 uzibukwa nk’uwahinduye byinshi ku ntambara imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni umwaka waranzwe n’ihindagurika rikomeye...
Teritwari ya Walikale, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yongeye kwisanga mu mwuka w’ubwoba n’ihungabana ry’umutekano bikabije, nyuma y’amakuru yatangiye gucicikana mu ijoro ryo ku...
Amakuru yatangajwe n’Umuryango w’Abibumbye kuri uyu wa Mbere tariki ya 08 Ukuboza 2025 ,yemeza ko abantu 74 b’abasivili bamaze kwicwa mu minsi itandatu gusa,...