Umuraperikazi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, SHENSEA, yahakanye byimazeyo amakuru yari amaze iminsi avugwa ko azataramira i Kigali, ayita amakuru y’ibihuha adafite ishingiro.
Ibi SHENSEA yabitangaje...
Mu gihe Abanyarwanda bitegura gusoza umwaka wa 2025 no kwakira uwa 2026, Kigali igiye kwandika amateka mashya mu myidagaduro yakira ku nshuro ya mbere...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku mugaragaro ko ziteguye gufata ingamba zifatika kugira ngo amasezerano ya Washington yasinywe hagati ya Repubulika ya Demokarasi...