39.8 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsKURA

Tag: KURA

spot_img

Perezida Kagame yifurije umwaka mushya Ingabo za RDF anihanganisha abasirikare bari kure y’imiryango yabo

Mu butumwa bwo gusoza umwaka ku Ngabo za Repubulika y’u Rwanda n’izindi nzego z’umutekano, Perezida wa Repubulika ndetse n’Umugaba Mukuru w’Ingabo, Paul Kagame, yashimiye...

Umutekano wabaye ishingiro ry’iterambere_ Perezida Kagame ashimira Ingabo z’u Rwanda ku ruhare rukomeye zagize mu 2025

  Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo, Paul Kagame, yashimiye byimazeyo Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’inzego z’umutekano ku muhate, ubwitange n’ubunyamwuga byaranze...

“Ntabwo twari twabuze ahandi tujya” – Khalifan na Oxygen basubije abakomeje kubasebya ku nzu bakoresheje barimo kwirega

    Umuraperi Khalifan Govinda n’umuhanzikazi Oxygen batangaje ko bababajwe cyane n’amagambo yuzuyemo gusebanya n’agasuzuguro bakomeje kubona ku mbuga nkoranyambaga, nyuma yo gushyira hanze amafoto y’ibirori...

FARDC yitandukanyije n’imvugo zibiba urwango: Gen. Sylvain Ekenge wari Umuvugizi w’Ingabo ahabwa igihano cyazamuye impaka

Ubuyobozi bukuru bw’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bwatangaje ku mugaragaro ko butemera kandi bwamaganye amagambo yavuzwe n’Umuvugizi wa FARDC, Maj. Gen....

Isuzumamikorere rya REB rihinduye imiyoborere y’amashuri: Abayobozi 890 b’ibigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye bavanwe mu nshingano bagirwa abarimu.

Isuzumamikorere ryimbitse ryakorewe abayobozi b’ibigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye mu Rwanda ryagaragaje icyuho gikomeye mu miyoborere y’amashuri amwe n’amwe, bituma abayobozi 890 muri 5277 basuzumwe...

Burundi: Iyimurwa rya Gen. Alain Guillaume Bunyoni mu bitaro rikomeje guteza urujijo n’impungenge zikomeye

Amakuru akomeje guturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Général Alain Guillaume Bunyoni, yimuriwe mu bitaro byigenga bya Kira i...

Burundi: Imvugo ikomeye ya Minisitiri w’Imari yatumye benshi bacika ururondogoro bamwe bagira ubwoba.

Mu gihe u Burundi buri mu bihe bikomeye by’ivugururwa ry’imicungire y’ingengo y’imari no gushaka kwigira mu bukungu, amagambo akomeye ya Minisitiri w’Imari, Dr. Alain...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img