Umujyi wa Masisi wongeye kwibona mu marira n’ubwoba nyuma y’ibitero byagabwe n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) hifashishijwe drones z’intambara,...
Umwaka wa 2025 uzibukwa nk’uwahinduye byinshi ku ntambara imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni umwaka waranzwe n’ihindagurika rikomeye...
Mu gihe umutekano wo mu Karere k’Ibiyaga Bigari ukomeje kujya mu rujijo bitewe n’intambara ikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...
Mu gihe intambara ikomeje gukaza umurego mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, cyane cyane mu duce twa Uvira, Katogota, Sange, Kiliba, Luvungi...