33.6 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsLawrence Kanyuka

Tag: Lawrence Kanyuka

spot_img

FARDC yasubukuye ibitero simusiga kuri AFC/M23 yari yatanze agahenge: Intambwe isubiza inyuma amahirwe y’amahoro.

Mu gihe hari icyizere gike cyari kimaze kugaragara ko intambara imaze imyaka myinshi ihitana ubuzima bw’abaturage mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Abaturage bo mu Mujyi wa Uvira baramukiye mu myigaragambyo idasanzwe basaba ko AFC/M23 idasiga umujyi wabo

  Abaturage bo mu mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Ukuboza, baramukiye mu myigaragambyo idasanzwe basaba...

AFC/M23 yahaye u Burundi isezerano rikomeye nyuma y’igihe gito bweruye bukavuga ko bushobora kwinjira mu ntambara n’u Rwanda

Mu gihe umwuka w’intambara n’umutekano muke bikomeje gufata indi ntera mu karere k’Ibiyaga Bigari, ihuriro rya AFC/M23 ryatanze isezerano rikomeye ku Burundi, rivuga ko...

Amakuru mashya: U Burundi butangije Intambara yeruye hagati yabwo n’u Rwanda Nyuma y’Imirwano yo muri Kivu y’Amajyepfo

Nyuma y’imirwano ikomeye yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), u Burundi bwatangaje ko bushobora kwinjira mu ntambara yeruye n’u Rwanda,...

Uvira: Ingabo z’u Burundi Zasubiye Iwabo Nyuma yo Gutsindwa na AFC/M23, Abaturage bakomoza ku mpinduka zikomeye

Mu mujyi wa Uvira muri Kivu y’Amajyepfo nyuma y’uko wigaruriwe na AFC/M23 ikanashyiraho inzego nshya z’umutekano ukomeje kugaragaramo impinduka mu buzima bw’abaturage bawutuye.  Colonel Willy...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img