Mu gihe akarere k’Ibiyaga Bigari gakomeje kuzahazwa n’umutekano muke ukomoka ku ntambara yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), u Rwanda...
Amakuru mashya aturuka mu misozi y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), agaragaza ko igisirikare cya Leta...
Mu gihe hari icyizere gike cyari kimaze kugaragara ko intambara imaze imyaka myinshi ihitana ubuzima bw’abaturage mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...
Amakuru yizewe aturuka mu gace ka Minembwe, mu misozi y’i Mulenge ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aremeza ko itumanaho rya Vodacom ryahagaritswe by’agateganyo,...
Mu gihe umutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba mubi, hari impinduka zikomeye zikomeje kugaragara ku ruhande rw’ingabo z’u...
Mu gitondo cyo ku wa kabiri tariki ya 16 Ukuboza 2025, ijwi rikomeye ryongeye kugaruka ku bibazo by’umutekano n’uburenganzira bwa muntu mu burasirazuba bwa...