39.8 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsMITI

Tag: MITI

spot_img

2025: Umwaka wahinduye amateka, usiga icyuho mu mitima ya benshi unasiga igihombo gikomeye ku Ngabo z’u Rwanda

Umwaka wa 2025 uzahora wibukwa nk’umwe mu myaka itoroshye u Rwanda n’Isi byanyuzemo. Ni umwaka waranzwe n’intambwe nziza mu iterambere, ibikorwa bikomeye by’igihugu, n’icyerekezo...

Yari akwiye kurokora ubuzima bw’ abenshi, ahinduka umwicanyi_ Doctor Death yakatiwe igifungo cya burundu azira kuroga abarwayi

  Uwahoze ari umuganga w’inzobere mu gutera ibinya (anaesthetist), Frédéric Péchier, w’imyaka 53, yakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kuroga ku bushake...

Bruce Melodie ku isonga mu bahanzi Minisitiri Nduhungirehe yumvise cyane mu 2025

  Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yashyize ahagaragara urutonde rw’abahanzi n’indirimbo yumvise kandi akunda cyane mu mwaka wa 2025, abinyujije ku...

“Turi muri Congo ariko bavuga ko twatahutse”: Abasirikare b’u Burundi bari muri RDC baraburira ku mugambi mubisha w’ibyo Leta ishaka ko bakora

Mu gihe ubutegetsi bw’u Burundi bukomeje gutangaza ku mugaragaro ko bwacyuye ingabo zabwo zari zoherejwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amakuru aturuka imbere...

I Nairobi hagiye kubera iserukiramuco rishya rya sinema ya gikirisitu rigamije komora imitima ya benshi

  Mu mujyi wa Nairobi muri Kenya, hagiye gutangizwa ku mugaragaro iserukiramuco rishya rya sinema ya gikirisitu ryiswe Christian International Film Festival Africa (CIFFA), rigamije...

Uzatwara asaga miliyari 12 z’amadolari: DRC igiye kubaka Umujyi mushya w’inganda ugaragaza impinduka zikomeye mu bukungu bw’igihugu

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gutanga ibimenyetso by’uko yifuza guhindura icyerekezo cy’ubukungu bwayo, ikava ku kwishingikiriza ku mutungo kamere gusa, ikinjira mu cyiciro...

Bobi Wine asaba urubyiruko guhitamo ejo hazaza aho guhitamo inzoga n’itabi

  Umuhanzi w’icyamamare wahindutse umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Bobi Wine, yasabye urubyiruko, by’umwihariko abo mu mujyi wa Soroti bashyigikira ibikorwa bya politiki bizwi...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img