21.5 C
Africa
Dinsdag, Februarie 3, 2026
HomeTagsMPA

Tag: MPA

spot_img

Iminsi Mikuru Tuyinjiye mu Marira: Abantu 8 Bapfiriye mu Mpanuka Ikomeye Cyane y’Imodoka itwara abagenzi yagonganye n’ikamyo, Shoferi ahita atoroka

Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, habaye impanuka ikomeye mu gace ka Lugari ku muhanda munini uhuza Eldoret na Webuye, ihitana ubuzima bw’abantu umunani...

2025: Umwaka wahinduye amateka, usiga icyuho mu mitima ya benshi unasiga igihombo gikomeye ku Ngabo z’u Rwanda

Umwaka wa 2025 uzahora wibukwa nk’umwe mu myaka itoroshye u Rwanda n’Isi byanyuzemo. Ni umwaka waranzwe n’intambwe nziza mu iterambere, ibikorwa bikomeye by’igihugu, n’icyerekezo...

RDC: Abaturage Bategetswe Gutanga ku Ngufu Amatungo yo Kurya kuri Noheli n’Ubunani Utabikoze agahanwa by’intangarugero

Mu gihe imiryango myinshi ku Isi iba yitegura kwizihiza iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani mu byishimo n’umutekano, abaturage bo mu gace ka Kisimba, muri...

Yari akwiye kurokora ubuzima bw’ abenshi, ahinduka umwicanyi_ Doctor Death yakatiwe igifungo cya burundu azira kuroga abarwayi

  Uwahoze ari umuganga w’inzobere mu gutera ibinya (anaesthetist), Frédéric Péchier, w’imyaka 53, yakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kuroga ku bushake...

U Bushinwa burasaba ko MONUSCO igumana ubwigenge bwayo, ntikoreshwe mu mikino ya politiki

Kongera manda y’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) byongeye gukurura impaka ndende mu Kanama ka Loni gashinzwe...

“Turi muri Congo ariko bavuga ko twatahutse”: Abasirikare b’u Burundi bari muri RDC baraburira ku mugambi mubisha w’ibyo Leta ishaka ko bakora

Mu gihe ubutegetsi bw’u Burundi bukomeje gutangaza ku mugaragaro ko bwacyuye ingabo zabwo zari zoherejwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amakuru aturuka imbere...

RDC Yanze Gusubira mu Biganiro by’Amahoro na AFC/M23: Impungenge ku Mutekano wa Kivu n’Ahazaza h’Akarere

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwongeye gushimangira ko butiteguye gusubira mu biganiro by’amahoro bibuhuza n’ihuriro AFC/M23, mu gihe umutekano mu Ntara...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img