Mu gihe hari icyizere gike cyari kimaze kugaragara ko intambara imaze imyaka myinshi ihitana ubuzima bw’abaturage mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...
Umuraperikazi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, SHENSEA, yahakanye byimazeyo amakuru yari amaze iminsi avugwa ko azataramira i Kigali, ayita amakuru y’ibihuha adafite ishingiro.
Ibi SHENSEA yabitangaje...
Umuramyi ukunzwe cyane Israel Mbonyi yashyize umucyo ku mpuha zimaze iminsi zimuvugwaho, zirimo izivuga ko yaba yarabyaye mu ibanga akabihisha. Mbonyi yagaragaje ko atazigera...
Mu minsi ishize, ku mbuga nkoranyambaga hacicikanye amakuru avuga ko umuhanzi w’icyamamare Bruce Melodie yaba yaratandukanye n’umugore we, Katherina. Ibi byatumye benshi bibaza ukuri...
Teritwari ya Walikale, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yongeye kwisanga mu mwuka w’ubwoba n’ihungabana ry’umutekano bikabije, nyuma y’amakuru yatangiye gucicikana mu ijoro ryo ku...