21.5 C
Africa
Dinsdag, Februarie 3, 2026
HomeTagsMPA

Tag: MPA

spot_img

“Ntabwo twari twabuze ahandi tujya” – Khalifan na Oxygen basubije abakomeje kubasebya ku nzu bakoresheje barimo kwirega

    Umuraperi Khalifan Govinda n’umuhanzikazi Oxygen batangaje ko bababajwe cyane n’amagambo yuzuyemo gusebanya n’agasuzuguro bakomeje kubona ku mbuga nkoranyambaga, nyuma yo gushyira hanze amafoto y’ibirori...

Djihad ahakana ibyaha aregwa mu bujurire, umwanzuro w’urukiko utegerejwe ku wa 5 Mutarama

  Urukiko rw’Isumbuye rwa Nyarugenge rwatangaje ko ku wa 5 Mutarama 2026 ari bwo ruzasoma umwanzuro wa nyuma ku bujurire bw’abaregwa mu rubanza rujyanye no...

FARDC yitandukanyije n’imvugo zibiba urwango: Gen. Sylvain Ekenge wari Umuvugizi w’Ingabo ahabwa igihano cyazamuye impaka

Ubuyobozi bukuru bw’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bwatangaje ku mugaragaro ko butemera kandi bwamaganye amagambo yavuzwe n’Umuvugizi wa FARDC, Maj. Gen....

RDC: Iyicwa ry’umunyamakuru wa RTNC wishwe mu buryo bubabaje cyane ryateje urujijo ryongera kuzamura impungenge

Umujyi wa Bunia, umurwa mukuru w’Intara ya Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wongeye kwisanga mu gahinda n’ubwoba nyuma y’urupfu rubabaje rw’umunyamakuru Thierry...

Isuzumamikorere rya REB rihinduye imiyoborere y’amashuri: Abayobozi 890 b’ibigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye bavanwe mu nshingano bagirwa abarimu.

Isuzumamikorere ryimbitse ryakorewe abayobozi b’ibigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye mu Rwanda ryagaragaje icyuho gikomeye mu miyoborere y’amashuri amwe n’amwe, bituma abayobozi 890 muri 5277 basuzumwe...

Nd’umwe mu bahanzi batsindiye ibihembo ku rwego mpuzamahanga_ Gloria Bugie yishongoye kuri bagenzi be

  Umuhanzikazi Gloria Bugie, uzwi nka Buggie, yatangaje ko yizeye adashidikanya ko ari umwe mu bahanzi batsindiye ibihembo ku rwego mpuzamahanga. Yavuze ko umurava n’impano...

RDC mu rungabangabo: FARDC ishinja aba hafi ya Perezida Tshisekedi kuyobora no gushyigikira inyeshyamba zayiciye abasirikare batanu.

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gutangaza amagambo akomeye ashinja bamwe mu bantu ba hafi ya Perezida Félix Tshisekedi kugira uruhare...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img