25.2 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsNIS

Tag: NIS

spot_img

RDC mu marira n’icuraburindi: Ibisasu 150 biremereye cyane byarashwe n’Ingabo z’u Burundi kuri AFC/M23 byahitanye benshi, binasenya ibikorwaremezo

Santere ya Kamanyola, iherereye muri Teritwari ya Walungu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yongeye kwinjira mu mateka mabi...

Perezida Tinubu yihanganishije Anthony Joshua ku rupfu rubabaje rw’inshuti ze ebyiri

  Perezida wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu, yagaragaje agahinda n’akababaro yatewe n’urupfu rw’inshuti ebyiri z’icyamamare mu mukino w’iteramakofi, Anthony Joshua, zapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabaye...

2025, Umwaka w’ihindagurika rikomeye mu myidagaduro y’u Rwanda

  Umwaka wa 2025 ugiye kugera ku musozo wasize ushimangiye ko imyidagaduro nyarwanda ikomeje gutera imbere, igaragaramo ibyishimo, impaka, inkuru z’urukundo n’izababaje benshi. Ku byamamare,...

Amagambo ya Gen. Sylvain Ekenge yibasira Abatutsi akomeje guteza impaka, nyuma yuko yatangiye kugira ingaruka zikomeye.

Mu cyumweru gishize, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje kugerwaho n’impaka zikomeye zishingiye ku magambo yavuzwe n’Umuvugizi w’Ingabo za FARDC, Gen. Maj. Sylvain Ekenge...

Intambara yo muri RDC yahyize igisirikare cy’u Burundi mu mazi abira, Leta ihita ifungira inzira abasirikare batoroka.

Guverinoma y’u Burundi yafashe ingamba zikakaye zo kugenzura no kugabanya umubare w’abasirikare b’igihugu batoroka igisirikare bagahungira mu mahanga, mu gihe intambara ikomeje mu burasirazuba...

Intambara yahinduye isura: Ingabo za Ukraine zagabye igitero simusiga ku rugo rwa Perezida Putin nyuma yuko u Burusiya Moscow bwigaruriye uduce 32

Intambara imaze imyaka hafi itatu ihanganishije u Burusiya na Ukraine yongeye gufata indi ntera, nyuma y’uko Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, atangaje...

Perezida Kagame yifurije umwaka mushya Ingabo za RDF anihanganisha abasirikare bari kure y’imiryango yabo

Mu butumwa bwo gusoza umwaka ku Ngabo za Repubulika y’u Rwanda n’izindi nzego z’umutekano, Perezida wa Repubulika ndetse n’Umugaba Mukuru w’Ingabo, Paul Kagame, yashimiye...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img