25.2 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsPerezida Ndayishimiye

Tag: Perezida Ndayishimiye

spot_img

Urubanza ruzahindura amateka: uko Bunyoni yabaye ikigeragezo cy’ubutegetsi bwa Ndayishimiye nyuma yuko hamenyekanye umugambi mubisha amufitiye

Ifungwa, kuburanishwa no gukatirwa igifungo cya burundu kwa Alain-Guillaume Bunyoni, wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, birakomeje guteza impaka zikomeye, haba imbere mu gihugu...

Perezida Ndayishimiye Yahaye u Rwanda Bonane, Umubano w’Ibihugu Byombi Ukomeza Kujya Mu Manga

Ijambo Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yagejeje ku Barundi mu gusoza umwaka wa 2025 rikomeje guteza impaka n’impungenge mu karere, nyuma yo kongera kwibasira...

Perezida Ndayishimiye na Tshisekedi bahiye ubwoba bwinshi cyane bakimara kubona intwaro idasanzwe y’ingabo z’u Rwanda batari bazi ko zifite

Mu gihe akarere k’Ibiyaga Bigari kakomeje kuzamo umwuka mubi w’umutekano muke, amagambo akakaye n’imyitwarire ya gisirikare, hari ikintu gishya cyatumye impungenge z’abayobozi bo mu...

Intambara yo muri RDC yahyize igisirikare cy’u Burundi mu mazi abira, Leta ihita ifungira inzira abasirikare batoroka.

Guverinoma y’u Burundi yafashe ingamba zikakaye zo kugenzura no kugabanya umubare w’abasirikare b’igihugu batoroka igisirikare bagahungira mu mahanga, mu gihe intambara ikomeje mu burasirazuba...

Byateje Igihombo gikomeye mu bukungu bw’igihugu cye: Kera kabaye Perezida Ndayishimiye yahishuye igihe u Burundi buzafungura imipaka yabwo

Perezida w’Ububirundi, Evariste Ndayishimiye, yagaragaje impungenge zikomeye ku mutekano w’igihugu cye nyuma y’uko abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 binjiye mu Mujyi wa Uvira muri Repubulika Iharanira...

Perezida Ndayishimiye yatangiye kubona inyungu zikomeye cyane nyuma y’ifatwa rya Uvira n’ihuriro AFC/M23.

Nyuma y’ifatwa ry’umujyi wa Uvira n’ihuriro AFC/M23, ibikorwa by’u Burundi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byafashe indi ntera, aho nubwo ingabo...

Uwahoze ari Minisitiri w’u Burundi wabusabye kumvikana n’u Rwanda yahuye n’uruva gusenya

Mu gihe umwuka mubi ukomeje kuzamuka hagati y’u Burundi n’u Rwanda, ibitekerezo bitandukanye ku cyakorwa ngo hakumirwe intambara bikomeje kuvugwa mu nzego zitandukanye. Ariko uko...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img