25.2 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsPerezida Tshisekedi

Tag: Perezida Tshisekedi

spot_img

Lourenço yihanangirije RDC, ashimangira ko ibiganiro by’Abanye-Congo bitagomba gutinda

  Perezida wa Angola akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), João Lourenço, yihanangirije Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ayisaba...

Perezida Tshisekedi yakomoje ku magambo rutwitsi ya Gén. Sylvain Ekenge, atanga itegeko ridasanzwe, AFC/M23 ishinja Leta ibirego bishya.

Mu gihe umutekano n’imibanire y’Abanye-Congo bikomeje guhungabanywa n’intambara ikomeje mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Perezida Félix Antoine Tshisekedi yafashe icyemezo...

Perezida Ndayishimiye na Tshisekedi bahiye ubwoba bwinshi cyane bakimara kubona intwaro idasanzwe y’ingabo z’u Rwanda batari bazi ko zifite

Mu gihe akarere k’Ibiyaga Bigari kakomeje kuzamo umwuka mubi w’umutekano muke, amagambo akakaye n’imyitwarire ya gisirikare, hari ikintu gishya cyatumye impungenge z’abayobozi bo mu...

Kinshasa mu Bwoba Bwinshi Cyane Nyuma Yuko AFC/M23 Yungutse Amaboko Mashya, Intambara Yinjira mu Cyiciro Gishya

Mu gihe umutekano n’imiyoborere bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje kujya mu mayobera, ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kugaragaza ibimenyetso by’uko riri kwinjira mu...

Perezida Tshisekedi yarusimbutse: Uko umugambi wo kumuhirika ku butegetsi “wacuzwe n’abamurinda na AFC/M23” wavumbuwe utarageramugeraho

Umujyi wa Kinshasa ukomeje kugaragaramo umwuka ukomeye w’umutekano muke n’impungenge mu nzego za gisirikare, nyuma y’amakuru yemeza itabwa muri yombi rya Colonel Serge Makoko...

RDC mu rungabangabo: FARDC ishinja aba hafi ya Perezida Tshisekedi kuyobora no gushyigikira inyeshyamba zayiciye abasirikare batanu.

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gutangaza amagambo akomeye ashinja bamwe mu bantu ba hafi ya Perezida Félix Tshisekedi kugira uruhare...

RDC: Gen. Sylvain Ekenge yahagaritswe ku mirimo nyuma y’amagambo yazuye “Amategeko Icumi y’Abahutu”

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Ukuboza 2025, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yafashe icyemezo cyo guhagarika ku...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img