33.3 C
Africa
Dinsdag, Februarie 3, 2026
HomeTagsPerezida Tshisekedi

Tag: Perezida Tshisekedi

spot_img

RDC: Igisubizo cyazamuye urujijo mu baturage Leta yahaye Kiliziya Gatolika itumva ukuntu Perezida Tshisekedi yagwatirije ibirombe byose imyaka 99

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatanze igisubizo gikakaye ku magambo aherutse gutangazwa na Kiliziya Gatolika, aho yagaragaje impungenge ku masezerano ajyanye...

Ubutunzi bwa RDC mu Marembera: Kiliziya Gatolika ntiyumva ukuntu Tshisekedi yagwatirije ibirombe byose imyaka 99

Mu gihe Abakirisitu Gatolika bateraniye mu misa ibanziriza Noheli, i Lubumbashi mu ntara ya Haut-Katanga, Umuyobozi w’Inama y’Abepisikopi Gatolika ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Mu butumwa bwa Noheli, Tshisekedi yunamiye FARDC na Wazalendo baguye ku rugamba, asaba Abanye-Congo kumukorera ibyamunaniye

Ku munsi mukuru wa Noheli 2025, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yunamiye abasirikare b’Ingabo za Leta (FARDC) n’abarwanyi b’imitwe...

Uzatwara asaga miliyari 12 z’amadolari: DRC igiye kubaka Umujyi mushya w’inganda ugaragaza impinduka zikomeye mu bukungu bw’igihugu

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gutanga ibimenyetso by’uko yifuza guhindura icyerekezo cy’ubukungu bwayo, ikava ku kwishingikiriza ku mutungo kamere gusa, ikinjira mu cyiciro...

RDC: Perezida Tshisekedi yahishuye umutego ukomeye cyane yateze AFC/M23 mu mujyi wa Uvira

Mu gihe intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gufata indi ntera, amagambo atandukanye akomeje kuvugwa ku byabereye mu mujyi...

Yatashye yimyiza imoso: Perezida Tshisekedi yimwwe ijambo mu nama idasanzwe mpuzamahana kubera amadeni ya Miliyoni 48$

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yongeye kwisanga mu bibazo bikomeye bya dipolomasi ku rwego rw’akarere, nyuma yo...

Ukuri ku cyihishe inyuma y’uruzinduko rudasanzwe rwa Perezida Tshisekedi i Luanda

Ku Cyumweru tariki ya 14 Ukuboza 2025, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yagiriye uruzinduko rw’akazi i Luanda muri...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img