31.2 C
Africa
Maandag, Desember 15, 2025
HomeTagsRusizi

Tag: Rusizi

spot_img

Abaturage bahiye ubwoba bwinshi cyane nyuma yo kubona ibyo Burundi buheruka gukangisha u Rwanda intambara buri gukorera hafi y’umupaka

Mu minsi ishize, umwuka mubi hagati y’u Burundi n’u Rwanda warakomeye, ubwo Leta y’u Burundi yatangiraga kohereza abasirikare benshi hamwe n’intwaro ziremereye hafi y’umupaka...

U Burundi bwakiriye abarwanyi badasanzwe ba FDLR mu gihe umwuka mubi urushaho kwiyongera hagati yabwo n’u Rwanda

U Burundi bwakiriye abarwanyi b’umutwe wa FDLR, mu gihe umwuka mubi urushaho kwiyongera hagati yabwo n’u Rwanda, nyuma y’ibyabaye vuba aha muri Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).   Ibi bije nyuma y’uko ihuriro rya AFC/M23 ritangiye kwigarurira vuba ibice by’ingenzi mu kibaya cya Rusizi, birimo n’umujyi wa Uvira.  Hagati y’itariki ya 7 n’iya 10 Ukuboza 2025, abarwanyi ba FDLR babarirwa mu magana bambutse berekeza mu Burundi bari kumwe n’abasirikare bagera ku 20,000 bo mu ngabo za RDC (FARDC) n’ihuriro rya Wazalendo.   Benshi banyuze ku kiraro cy’umugezi wa Rusizi, ugabanya u Burundi na RDC, mbere yo kujyanwa mu nkambi z’igihe gito za Cishemere, Kansega, n’ikibuga cy’umupira w’amaguru cya Buganda.  Muri Buganda, ingabo z’u Burundi zatanze ibiribwa n’ubundi bufasha ku basirikare bagera kuri 1,600 ba FARDC na FDLR, mu gihe bivugwa ko abarwanyi barenga 400 ba Wazalendo batahawe ubwo bufasha. Abasesenguzi bavuga ko ibi bigaragaza ubufatanye u Burundi bumaze igihe kirekire bufitanye na FDLR na FARDC.  Amakuru ya SOS Medias agaragaza ko u Burundi buri gutegura inkambi nini iri kure y’umupaka, izakira abarwanyi ba FDLR, FARDC na Wazalendo, mu gihe bategereje ubufasha bwa Komite Mpuzamahanga ya Croix-Rouge (ICRC). ICRC igira uruhare rukomeye mu gukemura ibibazo by’ubutabazi mu bice by’intambara, birimo guhererekanya imfungwa no gutwara abarwanyi mu mutekano basubizwa muri RDC.  Mu gihe abarwanyi ba FARDC na Wazalendo bashobora gusubira i Kinshasa cyangwa mu bindi...

U Rwanda ruranenga umuryango mpuzamahanga kwirengagiza umutekano warwo n’ubwicanyi bukorerwa Abanyamulenge

  U Rwanda rwanenze umuryango mpuzamahanga ku kuba utarigeze witaho impungenge z’umutekano w’u Rwanda, zirimo iterabwoba rikomeje guterwa n’umutwe wa FDLR n’ubwicanyi bukorerwa Abanyamulenge batuye...

U Rwanda rwahakanye ibyo kurasa RDC Nduhungirehe abaza impamvu abaturage bahungiye Bugarama

  Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yahakanye byeruye ibirego bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bivuga ko u Rwanda rwarashe ku butaka bwayo...

Uvira yafashwe na AFC/M23/MRDP–Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi risubiza Kivu y’Amajyepfo mu cyerekezo gishya cy’intambara

  Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP–Twitwaneho) ryigaruriye umujyi wa Uvira nyuma y’imirwano ikaze yamaze iminsi ihanganishije ingabo za FARDC, iz’u Burundi, abarwanyi ba Wazalendo,...

Uko imodoka y’Ingabo z’u Burundi yakomeje kuzana imirambo y’abaguye mu mirwano ,bitera abaturage urujijo

    Amakuru aturuka mu ntara ya Cibitoke mu Burundi akomeje kuzamura impaka ku rugendo rw' imodoka y’igisirikare cy’u Burundi zerekeza kenshi muri Repubulika Iharanira Demokarasi...

Kajugujugu ya FARDC Yaguye mu Kiyaga cya Tanganyika Nyuma yo Kurasirwa i Mulenge

  Kajugujugu y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yaguye mu Kiyaga cya Tanganyika nyuma yo kurasirwa mu misozi y’i Mulenge, mu Ntara ya...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img