Mu gihe amahanga n’abahuza b’amahoro bari bahanze amaso i Washington, aho hari hateganyijwe gusinyirwa amasezerano y’amahoro n’ubufatanye bw’akarere agamije iterambere ry’ubukungu, mu burasirazuba bwa...
Umwaka wa 2025 uzibukwa nk’uwahinduye byinshi ku ntambara imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni umwaka waranzwe n’ihindagurika rikomeye...
Mu majyaruguru y’u Burundi, by’umwihariko muri Komini ya Kirundo mu Ntara ya Butanyerera ihana imbibi n’u Rwanda, hashyizweho amarondo y’ijoro afatwa nk’itegeko ku baturage,...
Guverinoma y’u Burundi yafashe ingamba zikakaye zo kugenzura no kugabanya umubare w’abasirikare b’igihugu batoroka igisirikare bagahungira mu mahanga, mu gihe intambara ikomeje mu burasirazuba...
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwongeye gushimangira ko butiteguye gusubira mu biganiro by’amahoro bibuhuza n’ihuriro AFC/M23, mu gihe umutekano mu Ntara...
Intara ya Kivu y’Amajyepfo ikomeje kuba isibaniro rikomeye ry’intambara hagati y’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ingabo za Leta (FARDC)...