28.4 C
Africa
Donderdag, Februarie 5, 2026
HomeTagsRwanda

Tag: Rwanda

spot_img

Hateranye inama idasanzwe ku mutekano wa RDC, Museveni asaba ikintu gikomeye ibihugu by’akarere

Mu gihe umutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ukomeje kuzahazwa n’intambara z’urudaca, ku Cyumweru tariki ya 22 Ukuboza 2025,...

Ibyo u Rwanda rwaganiriye n’u Burusiya byakuye umutima u Burundi bwarukangishije intambara yeruye

Mu gihe akarere k’Ibiyaga Bigari gakomeje kuzahazwa n’umutekano muke ukomoka ku ntambara yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), u Rwanda...

Menya Ibisabwa Umunyarwanda ushaka kwiga gutwara indege. Abasoje bose bahita bahabwa akazi. Abarangije ayisumbuye na bo baremerewe.

Mu gihe gutwara indege byari bimaze igihe bifatwa nk’umwuga w’abantu bake cyane, bisaba amashuri ahambaye n’imyaka myinshi yo kwiga, ubuyobozi bw’ishuri rya Akagera Aviation...

Abakora umuziki bagaragaje impungenge ku hazaza h’uruganda mu gihe The Ben yavamo

  Rwiyemezamirimo Nduwimana Jean Paul wamamaye mu myidagaduro nka Noopja yasabye umuhanzi The Ben kudahagarika umuziki, agaragaza ko byagira ingaruka zikomeye ku bantu benshi bakorera...

“Ntituzihanganira ko asubizwa inyuma”: Amerika yahishuye ibyo izakorera u Rwanda na RDC kugirango byubahirize amasezerano y’amahoro.

Mu gihe akarere k’Ibiyaga Bigari gakomeje kubangamirwa n’intambara zimaze imyaka myinshi, amagambo aherutse gutangazwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...

Kuki Shensea yahisemo kudataramira i Kigali? Coach Gael asobanura uko The Ben na Bruce Melodie bari kumubera imbogamizi

  Umushoramari akaba n’umujyanama mu by’imyidagaduro, Karomba Gael uzwi cyane nka Coach Gael, yatangaje ko umuhanzi w’Umunya-Jamaica Shensea yafashe icyemezo kiza cyo kudategura igitaramo mu...

FDLR yaciye amarenga yo kugaba ibitero ku butaka bw’u Rwanda. Kuyobya uburari n’ubwicanyi bukomeje gukorerwa muri Kivu?

Mu gihe akarere k’Ibiyaga Bigari gakomeje kwibasirwa n’umutekano mucye n’intambara z’urudaca zimaze imyaka myinshi zihitana ubuzima bw’abaturage b’inzirakarengane, umutwe w’iterabwoba wa FDLR wongeye kugaruka...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img