Umuraperikazi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, SHENSEA, yahakanye byimazeyo amakuru yari amaze iminsi avugwa ko azataramira i Kigali, ayita amakuru y’ibihuha adafite ishingiro.
Ibi SHENSEA yabitangaje...
Isimbi Alliance uzwi nka Alliah Cool, umwe mu bakinnyi ba sinema nyarwanda n’ibyamamare bikomeye ku mbuga nkoranyambaga, akomeje kuvugisha benshi nyuma yo kugaragaza amarangamutima...
Mu gihe Abanyarwanda bitegura gusoza umwaka wa 2025 no kwakira uwa 2026, Kigali igiye kwandika amateka mashya mu myidagaduro yakira ku nshuro ya mbere...