Mu gihe amahanga n’abahuza b’amahoro bari bahanze amaso i Washington, aho hari hateganyijwe gusinyirwa amasezerano y’amahoro n’ubufatanye bw’akarere agamije iterambere ry’ubukungu, mu burasirazuba bwa...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yongeye kwisanga mu bibazo bikomeye bya dipolomasi ku rwego rw’akarere, nyuma yo...