40.5 C
Africa
Donderdag, Februarie 5, 2026
HomeTagsSHA

Tag: SHA

spot_img

Uwahoze ari Minisitiri w’u Burundi wabusabye kumvikana n’u Rwanda yahuye n’uruva gusenya

Mu gihe umwuka mubi ukomeje kuzamuka hagati y’u Burundi n’u Rwanda, ibitekerezo bitandukanye ku cyakorwa ngo hakumirwe intambara bikomeje kuvugwa mu nzego zitandukanye. Ariko uko...

Iminsi Mikuru Tuyinjiye mu Marira: Abantu 8 Bapfiriye mu Mpanuka Ikomeye Cyane y’Imodoka itwara abagenzi yagonganye n’ikamyo, Shoferi ahita atoroka

Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, habaye impanuka ikomeye mu gace ka Lugari ku muhanda munini uhuza Eldoret na Webuye, ihitana ubuzima bw’abantu umunani...

2025: Umwaka wahinduye amateka, usiga icyuho mu mitima ya benshi unasiga igihombo gikomeye ku Ngabo z’u Rwanda

Umwaka wa 2025 uzahora wibukwa nk’umwe mu myaka itoroshye u Rwanda n’Isi byanyuzemo. Ni umwaka waranzwe n’intambwe nziza mu iterambere, ibikorwa bikomeye by’igihugu, n’icyerekezo...

“Umuziki si ruhago” – Minisitiri Nduhungirehe asaba urubyiruko kureka guhanganisha abahanzi b’Abanyarwanda

  Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatanze umuburo ukomeye ku rubyiruko rukomeje kugendera mu muco wo guhanganisha abahanzi b’Abanyarwanda, abasaba kubireka...

RDC: Abaturage Bategetswe Gutanga ku Ngufu Amatungo yo Kurya kuri Noheli n’Ubunani Utabikoze agahanwa by’intangarugero

Mu gihe imiryango myinshi ku Isi iba yitegura kwizihiza iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani mu byishimo n’umutekano, abaturage bo mu gace ka Kisimba, muri...

Yari akwiye kurokora ubuzima bw’ abenshi, ahinduka umwicanyi_ Doctor Death yakatiwe igifungo cya burundu azira kuroga abarwayi

  Uwahoze ari umuganga w’inzobere mu gutera ibinya (anaesthetist), Frédéric Péchier, w’imyaka 53, yakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kuroga ku bushake...

U Bushinwa burasaba ko MONUSCO igumana ubwigenge bwayo, ntikoreshwe mu mikino ya politiki

Kongera manda y’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) byongeye gukurura impaka ndende mu Kanama ka Loni gashinzwe...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img